Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hafi Y’imva Y’Umuhanuzi Samuel Wo Muri Bibiliya Hakongotse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Utuntu n'Utundi

Hafi Y’imva Y’Umuhanuzi Samuel Wo Muri Bibiliya Hakongotse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 July 2021 9:05 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Ntara ya Yudeya hafi y’ahashyinguwe umubiri w’Umuhanuzi Samuel uvugwa muri Bibiliya hamaze igihe hashya, bika bikekwa ko ari abagizi ba nabi bahatwitse ku bushake.

Umuhanuzi Samuel avugwa muri Bibiliya mu gice cyayo kitwa Isezerano rya Kera. Niwe wagize uruhare mu guhuza Israel yayoborwaga n’Abacamanza na Israel yayobowe nyuma y’aho n’Abami.

Igihe cyarageze Abanya Israel bageze aho bumva bakeneye umwami basaba Samuel kubabariza Imana niba bishoboka, Imana imubwira ko ari amahitamo y’abo ariko ko uwo mwami bahisemo azabategeka nk’uko n’abandi bami babigenza.

Umwami wa mbere wabategetse ni uwitwa Saul, aza gusimburwa na Dawudi nyuma y’uko ahindutse akaba mubi, Imana ikamunyaga inkoni ya cyami.

Kuba umuhanuzi Samuel yarabayeho byanemejwe n’umuhanga mu mateka witwa Josèphe(Josephus mu Kilatini) mu gitabo cye yise Antiquities of The Jews.

Imva y’Umuhanuzi Samuel irubahwa cyane muri Israel

Tugarutse kuri ya nkongi yugarije imva ya Samuel. Polisi ya Israel iri gukora uko ishoboye ngo iyikumire ari nako ihiga abantu bose bakekwaho kugira uruhare mu gutwika kariya gace kari hagati y’Intara ya Yudeya n’Intara ya Samaria

Ni umuriro mwinshi kuko wateye uturutse mu bice byose bikikije agace iriya mva iherereyemo.

Abantu bose bari bahaturiye basabwe kuhava.

Imva ya Samuel mu Giheburayo bayita Kever Shmuel cyangwa Nebi Samiwel mu Cyarabu.

TAGGED:DawudifeaturedSamuelUmwami
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uruzinduko Rwa Minisitiri W’Intebe W’U Rwanda Mu Burundi Ruvuze Iki?
Next Article Amerika Yafunze Ikibuga Cy’Indege Yari Yahanze Muri Afghanistan
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Tekeniki Zifasha Inyoni Kuguruka Zigishije Abantu Gukora Indege

Intambara Ya Dipolomasi Hagati Ya Israel Na Afurika Y’Epfo Irafata Indi Ntera

DRC: Abantu 200 Bishwe N’Ikirombe

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

Umukinnyi Ukomeye Wa Kepler WBBC Yaguzwe Na REG WBBC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?