Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hakozwe Igare Ry’Abafite Ubumuga Rizamuka Rikanamanuka Amadarajya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ikoranabuhanga

Hakozwe Igare Ry’Abafite Ubumuga Rizamuka Rikanamanuka Amadarajya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 March 2022 1:41 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Busuwisi hasohotse igare ryakorewe abafite ubumuga rizamuka zikanamanuka amadarajya( escaliers).

Baryise  Scowo Bro, rikaba rigura ama Euro 35,000. Rikozwe k’uburyo iyo rigeze ahantu hari amadarajya, rihita ifungura iminyururu noneho igare rikajyambuka, rikageza umuntu yifuza.

Mu mijyi myinshi ku isi harimo n’uwa Kigali mu Rwanda, Leta zashyize amafaranga menshi mu kubaka inzira zagenewe abafite ubumuga ariko nanone ntiziba hose.

Ni igare ry’abafite ubumuga  abahanga bise ;’fauteuil tout-terrain high-tech.’

Le Scewo Bro ni intebe ifite uburyo bwo kubika amashanyarazi, ayifasha kugenda ahantu hareshya na kilometero 35, ikagenda kilometero 10 mu isaha.

Imbere nta mapine igira. Igendesha ay’inyuma kandi iyo igeze ahantu imenya uko hateye hanyuma igasohora iminyururu ikora nk’iya katerepulari.

Iriya minyururu ituma rishobora kuzamuka idarajya rifite kugeza kuri sentimetero 20  ndetse ikamanuka ahantu hafite umurambararo wa degree 36.

Abarikoze barihaye ikoranabuhanga rituma rimenya ko rigeze ahantu hasaba gukoresha iriya minyururu bityo igahita isohoka igatangira kuzamuka aho hantu.

Uririho aba ashobora no kunywa ikawa.

Riyoborerwa ahagenewe kurambika akaboko.

Kugeza ubu ryemewe gukoreshwa mu Busuwisi, muri Autriche no mu Budage.

TAGGED:AmadarajyafeaturedIgareIkoranabuhangaUbumuga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article I&M Bank (Rwanda) Plc Yinjije Inyungu Ya Miliyari 10.9 Frw Mu Mwaka wa 2021
Next Article Rwanda: Abacuruzi Batamanika Ibiciro Bagiye Kubihanirwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?