Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hakozwe Igare Ry’Abafite Ubumuga Rizamuka Rikanamanuka Amadarajya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ikoranabuhanga

Hakozwe Igare Ry’Abafite Ubumuga Rizamuka Rikanamanuka Amadarajya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 March 2022 1:41 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Busuwisi hasohotse igare ryakorewe abafite ubumuga rizamuka zikanamanuka amadarajya( escaliers).

Baryise  Scowo Bro, rikaba rigura ama Euro 35,000. Rikozwe k’uburyo iyo rigeze ahantu hari amadarajya, rihita ifungura iminyururu noneho igare rikajyambuka, rikageza umuntu yifuza.

Mu mijyi myinshi ku isi harimo n’uwa Kigali mu Rwanda, Leta zashyize amafaranga menshi mu kubaka inzira zagenewe abafite ubumuga ariko nanone ntiziba hose.

Ni igare ry’abafite ubumuga  abahanga bise ;’fauteuil tout-terrain high-tech.’

Le Scewo Bro ni intebe ifite uburyo bwo kubika amashanyarazi, ayifasha kugenda ahantu hareshya na kilometero 35, ikagenda kilometero 10 mu isaha.

Imbere nta mapine igira. Igendesha ay’inyuma kandi iyo igeze ahantu imenya uko hateye hanyuma igasohora iminyururu ikora nk’iya katerepulari.

Iriya minyururu ituma rishobora kuzamuka idarajya rifite kugeza kuri sentimetero 20  ndetse ikamanuka ahantu hafite umurambararo wa degree 36.

Abarikoze barihaye ikoranabuhanga rituma rimenya ko rigeze ahantu hasaba gukoresha iriya minyururu bityo igahita isohoka igatangira kuzamuka aho hantu.

Uririho aba ashobora no kunywa ikawa.

Riyoborerwa ahagenewe kurambika akaboko.

Kugeza ubu ryemewe gukoreshwa mu Busuwisi, muri Autriche no mu Budage.

TAGGED:AmadarajyafeaturedIgareIkoranabuhangaUbumuga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article I&M Bank (Rwanda) Plc Yinjije Inyungu Ya Miliyari 10.9 Frw Mu Mwaka wa 2021
Next Article Rwanda: Abacuruzi Batamanika Ibiciro Bagiye Kubihanirwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Afghanistan: Umutingito Wishe Abantu 600

BK Ikora Ite Ngo Yunguke?

DRC: Abantu 16 Bashimuswe Na CODECO

Kwihaza Mu Biribwa Muri Afurika Biracyari Kure

Abavandimwe Alicia Na Germaine Bakoze Indirimbo Bizeyeho Byinshi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Rwamagana:Uwahoze Ari Umunyamakuru Wa Radio Agiye Kwishingira Iye

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kubaka Urugomero Rwa Nyabarongo Bizatuma Havuka Ikiyaga Kizakora Ku Turere 8

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Drones Zigiye Gukoreshwa Mu Kurwanya Imibu Yo Mu Bugesera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Kigali: Abagore Baravugwa Kenshi Mu Biyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

UNHCR Yaganirije AFC/M23 Ku Kibazo Cy’Impunzi Ziri Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?