Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hamas Irashaka Igihe Cyo Gusesengura Gahunda Y’Amahoro Yateguwe Na Trump
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Hamas Irashaka Igihe Cyo Gusesengura Gahunda Y’Amahoro Yateguwe Na Trump

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 October 2025 10:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu bayobozi bakuru ba Hamas avuga ko uyu mutwe ushaka igihe gihagije cyo gusuzuma umugambi w’amahoro wateguwe na Amerika ikawemeranywaho na Israel.

Yabwiye AFP ko ari ngombwa ko inyandiko irimo ingingo 21 usuzumwa neza kugira ngo itazemerwa ihubukiwe.

Uwo muntu utatangajwe amazina yagize ati: “Hamas ikeneye igihe cyo kubyigaho neza kandi ndabizeza ko dushyigikiye ko amahoro agaruka rwose.”

Avuga ko ari ngombwa ko haboneka igihe gihagije cyo kwiga uwo mugambi, ibintu ntibihubukirwe.

Tariki 30, Nzeri, 2025, Perezida Donald Trump yari yabwiye Hamas ko ikwiye kwiga uwo mushinga kandi ntizarire mu kuwemeza.

Mu minsi yari yabanje, Trump yahuye na Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu amugezaho uwo mushinga undi arawemera.

Intambara Israel irwana na Hamas yatangiye Tariki 07, Ukwakira, 2023 nyuma y’igitero yagabweho na Hamas kica abaturage ba Israel 1,200 abandi 250 barashimutwa.

Imibare ivuguruzanya ivuga ko iyo ntambara imaze kugwamo abagera ku 60,000 biganjemo abasivili.

Umuhati wo kuyihagarika wakomwe mu nkokora kenshi ni uko impande zihanganye zitubahirizaga ibikubiye mu masezerano yo yagenderwaho mu kubikora.

Qatar, Misiri na Amerika byagerageje kuba abahuza ariko n’ubu ntibirakunda.

TAGGED:AmahoroHamasIgiheTrumpUmugambi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Airtel Rwanda Yahawe Umuyobozi Mushya
Next Article Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Imirwano Hagati Ya Wazalendo Na FARDC Imaze Kugwamo Abantu 11

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Bashyinguye Bundi Bushya Nyuma Y’Uko Imyuzure Ishenye Irimbi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?