Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hamas Iti: “ Israel Imenye Ko Tugifite Imbaraga Nyinshi’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Hamas Iti: “ Israel Imenye Ko Tugifite Imbaraga Nyinshi’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 April 2025 9:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuvugizi wa Hamas witwa Jihad Taha avuga ko imbaraga za gisirikare uyu mutwe ufite zikwiye gutera abayobozi ba Israel kudasinzira.

Ni amagambo ashobora kongerera umujinya ingabo za Israel ziri mu ntambara muri Gaza zigamije gusenya ibirindiro bya Hamas mu buryo bwa burundu.

Taha yabibwiye Al Jazeera nyuma y’uko umutwe avugira urashe ibisasu bya rockers mu bice bya Ashdod na  Ashkelon muri Israel.

Jihad Taha

Yasobanuye ko ibitero by’uyu mutwe byakozwe mu rwego rwo kwihimura ku ntambara ingabo za  Israel ziri kurwanira muri Gaza, akavuga ko ziri kwica abaturage ba Palestine b’inzirakarengane.

Ati: “ Ibyo ubutegetsi bubi bwa Israel buri gukorera abaturage bacu biduha impamvu zumvikana zo kubwihimuraho no guhagarara twemye tukarwanira uburenganzira bwo kubaho bw’abaturage ba Gaza.”

Yavuze kandi ko kuba Minisitiri w’umutekano imbere muri Israel witwa Itamar Ben-Gvir yarasuye umusigiti wa Al-Aqsa uri ku gice cya Palestine cya Yeruzalemu ari ubundi bushotoranyi.

Itamar Ben-Gvir

Ingabo za Israel zatangaje ko ibisasu 10 byo mu bwoko bwa rockets ari byo byarashwe na Hamas ariko ngo ibyinshi byasamiwe mu kirere ntibyangiriza abaturage.

Ubuyobozi bwa Ashkelon bwavuze ko igisasu kimwe ari cyo cyageze ku butaka cyangiza imodoka nyinshi zari aho.

Hari umuturage umwe ufite imyaka 30 y’amavuko cyakomerekeje bikomeye, abandi bakomereka mu buryo The Jerusalem Post ivuga ko bworoheje.

TAGGED:AbarwanyiHamasIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RNP, RIB…Inzego Zaburiye Abakoresha Imbuga Nkoranyambaga
Next Article Nyuma Ya Jenoside u Rwanda Rwarimo Amahanga Umwenda Wa Miliyari $1-Dr. Kaberuka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

‎Gasabo: Bafatanywe Ibilo 31 By’Urumogi Byavaga i Kirehe Bijya i Muhanga

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Israel Yongereye Ibitero Muri Gaza 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ukraine Yahejwe Mu Biganiro Byo Kurangiza Intambara Yayishegeshe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?