Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hari Abaganga Ba Baho International Hospital Bagiye Kuzitaba Urukiko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Hari Abaganga Ba Baho International Hospital Bagiye Kuzitaba Urukiko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 October 2021 4:24 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Biteganyijwe ko abaganga babiri bafite urwego rwa Dogiteri bazitaba urukiko mu rubanza ubushinjacyaha rubaregamo kugira uruhare mu rupfu rw’abantu babiri barimo umugore waguye ku iseta ari agiye kubyara.

Uyu mugore waguye ku iseta yitwaga Chantal Ngwinondebe, akaba yari afite imyaka 54.

Yaguye muri biriya bitaro ubwo yari yagiye kwikuzamo icyuma yari amaranye igihe muri nyababweyi ariko kukimukuramo neza ntibyakunda ahubwo ahasiga ubuzima.

Ubushinjacyaha bwakoreye idosiye abaganga babiri baromo utera ikinya witwa Dr Alfred Mugemanshuro na Gaspard Ntahonkiriye usanzwe ubanga akavura indwara zifata imyanya myibarukiro.

Nyuma y’uko bavuzweho uruhare mu rupfu rw’uriya mugore n’undi muntu wamubanjirije, bariya baganga bahise batabwa muri yombi.

Muri icyo gihe kandi Minisiteri y’ubuzima nayo yari yatangije iryayo perereza kuri kiriya kibazo.

Mu itsinda ryashyizweho na Minisiteri y’ubuzima ryari ririmo na Dr. Corneille Ntihabose ushinzwe iby’ubuzima rusange muri iriya Minisiteri.

Harimo kandi na Dr. Lysette Umutesi ushinzwe kwita ku by’ubuzima muri Kigo cy’igihugu cy’ubwisungane.

Nyuma y’igihe runaka hatangiye iperereza kuri kiriya kibazo, Leta yafashe umwanzuro w’uko biriya bitaro bifungwa.

TAGGED:AbagangafeaturedInternationalUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingabo Z’U Rwanda Zakurikiranye Magendu ‘Zigera Ku Butaka Bwa Congo’
Next Article RIB Yahamagaje Ingabire Victoire
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?