Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hari Byinshi Bitarakorwa Ngo Uburinganire Bwuzure- Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Hari Byinshi Bitarakorwa Ngo Uburinganire Bwuzure- Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 July 2023 8:36 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Paul Kagame yaraye abwiye abitabiriye Inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’abagore ko n’ubwo hari byinshi byakozwe ngo uburinganire n’ubwuzuzanye bw’ibitsina byombi bugerweho, hari ibitarakorwa.

Perezida w’u Rwanda avuga ko ibitaranozwa bigaragarira mu nzego za Politiki, iz’imibereho n’imibanire y’abantu n’iz’ubukungu aho bamwe bimwa amahirwe yo guhangana ku isoko ry’imirimo.

Yagize ati: “ Iyo niyo mpamvu twese abari hano n’abari ahandi tugomba kumva ko dufite inshingano zo guharanira ko imyumvire ikandamiza bamwe ihinduka.”

Avuga ko abagore bagikorerwa ihohoterwa bakimwa ubutabera busanzwe buhabwa abandi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ikindi cyerekana ko bahohoterwa ni uko akenshi ari bo usanga mu mirimo iciriritse ndetse rimwe na rimwe idahemberwa.

Icyo bita ‘informal sector’.

Icyakora Perezida Kagame yabwiye abari bamuteze amatwi ko u Rwanda rwashyizeho uburyo bwo guha abagore umwanya mu nzego zose z’igihugu.

Ibyo ngo bigaragara haba mu buyobozi bwa Politiki, mu bukungu no mu mibereho myiza y’abaturage muri rusange.

Ndetse ngo hari n’uburyo Leta ireba niba ingengo y’imari yayo igirira akamaro ibitsina byombi.

- Advertisement -

Perezida Kagame kandi yavuze ko u Rwanda rukora k’uburyo urugomo gukorerwa abagore mu ngo rucika.

Inama mpuzamahanga ihuza abagore iri kubera mu Rwanda izamara iminsi ine.

Ibaye ku nshuro ya gatandatu ku rwego rw’isi ariko ku rwego rw’Afurika ibaye ku nshuro ya mbere.

Inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’abagore
TAGGED:AbagoreAfurikafeaturedKagameRwandaUburinganire
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuyobozi Wa Polisi Ya Singapore Yasuye Iy’u Rwanda
Next Article RIB Yafashe Uwari Umaze Igihe Yihisha Kubera Jenoside
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?