Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muri USA Hari Guverineri ‘Uri Hafi Kwegura’ Kubera Ruswa Y’Igitsina
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Muri USA Hari Guverineri ‘Uri Hafi Kwegura’ Kubera Ruswa Y’Igitsina

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 March 2021 1:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Bwana Andrew Cuomo usanzwe ari Guverineri wa Leta ya New York ari  mu bibazo kuko ari gushyirwaho igitutu ngo yegure kubera ibimuvugwaho by’uko hari umugore yahozagaho inkecye amwaka igitsina kugira ngo akomeze amukorere.

Bwana Andrew Cuomo ni umwe muri ba Guverineri bubahwa kurusha abandi bategeka za Leta zigize Leta Yunze Ubumwe z’Amerika.

Aho bibera ikibazo kurushaho kuri Guverineri Cuomo ni uko na bagenzi be b’Aba Demukarate batamucira akari urutega.

Ikindi ni uko abandi batamushaka barimo na Perezida wa Sena Bwana  Chuck Schumer na mugenzi we Sen. Kirsten Gillibrand.

Mu nyandiko bagenzi be b’aba Demukarate batangaje, banditse ko ubushakashatsi baherutse gukora bwaberetse ko n’abaturuge ba New York batakifuza gukomeza kuyoborwa na Andrew Cuomo.

Associated Press yanditse ko kugeza ubu ariko Bwana Andrew Cuomo yirinze kugira icyo atangaza ku bimuvugwaho ariko uko igitutu kirushaho kuzamuka ni ko abantu babona ko igihe asigaranye ku butegetsi ari gito.

Andrew Cuomo

Guverineri Andrew Cuomo ni umuhungu wa Mario Cuomo nawe wigeze kuyobora New York.

Ikindi ni uko Perezida Joe Biden ataragira icyo atangaza kuri iki kibazo.

TAGGED:AndrewCuomofeaturedGuverineriKweguraNew York
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyamadini B’I Kigali Bakingiwe COVID-19
Next Article Ubuhamya Bw’Abahohotewe N’Ingabo za Uganda Mu Bihe By’Amatora
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mozambique: Perezida W’Inteko Kazarwa Yasuye Isoko Ryubatswe Mu Mwaka Wa 1900

Bugesera: Abaturage Bugarijwe N’Inzara

Abanyamahanga Benshi Bafungiwe Mu Rwanda Ni Abo Muri EAC

Nyanza: Polisi Irashakisha Umugabo Ukekwaho Kwica Umugore We

Tanzania: Abaturage Bategetswe Kuguma Mu Rugo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko Kugonganisha Ibigo Bitubura Imbuto Byakoze K’Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubuhinzi

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

You Might Also Like

Mu Rwanda

U Rwanda Rufunze Abanyamahanga 500 -RCS

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tshisekedi Arabwira Inteko Iby’Ingenzi Aherutse Kwemeranya Na Perezida Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Perezida wa Benin Yabwiye Abaturage Ko Abashatse Kumuhirika Baruhiye Ubusa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Kinshasa Irasaba AFC/M23 Gufungura Ikibuga Cy’Indege Cya Goma Byihuse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?