Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muri USA Hari Guverineri ‘Uri Hafi Kwegura’ Kubera Ruswa Y’Igitsina
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Muri USA Hari Guverineri ‘Uri Hafi Kwegura’ Kubera Ruswa Y’Igitsina

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 March 2021 1:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Bwana Andrew Cuomo usanzwe ari Guverineri wa Leta ya New York ari  mu bibazo kuko ari gushyirwaho igitutu ngo yegure kubera ibimuvugwaho by’uko hari umugore yahozagaho inkecye amwaka igitsina kugira ngo akomeze amukorere.

Bwana Andrew Cuomo ni umwe muri ba Guverineri bubahwa kurusha abandi bategeka za Leta zigize Leta Yunze Ubumwe z’Amerika.

Aho bibera ikibazo kurushaho kuri Guverineri Cuomo ni uko na bagenzi be b’Aba Demukarate batamucira akari urutega.

Ikindi ni uko abandi batamushaka barimo na Perezida wa Sena Bwana  Chuck Schumer na mugenzi we Sen. Kirsten Gillibrand.

Mu nyandiko bagenzi be b’aba Demukarate batangaje, banditse ko ubushakashatsi baherutse gukora bwaberetse ko n’abaturuge ba New York batakifuza gukomeza kuyoborwa na Andrew Cuomo.

Associated Press yanditse ko kugeza ubu ariko Bwana Andrew Cuomo yirinze kugira icyo atangaza ku bimuvugwaho ariko uko igitutu kirushaho kuzamuka ni ko abantu babona ko igihe asigaranye ku butegetsi ari gito.

Andrew Cuomo

Guverineri Andrew Cuomo ni umuhungu wa Mario Cuomo nawe wigeze kuyobora New York.

Ikindi ni uko Perezida Joe Biden ataragira icyo atangaza kuri iki kibazo.

TAGGED:AndrewCuomofeaturedGuverineriKweguraNew York
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyamadini B’I Kigali Bakingiwe COVID-19
Next Article Ubuhamya Bw’Abahohotewe N’Ingabo za Uganda Mu Bihe By’Amatora
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

General Kabandana Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?