Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muri USA Hari Guverineri ‘Uri Hafi Kwegura’ Kubera Ruswa Y’Igitsina
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Muri USA Hari Guverineri ‘Uri Hafi Kwegura’ Kubera Ruswa Y’Igitsina

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 March 2021 1:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Bwana Andrew Cuomo usanzwe ari Guverineri wa Leta ya New York ari  mu bibazo kuko ari gushyirwaho igitutu ngo yegure kubera ibimuvugwaho by’uko hari umugore yahozagaho inkecye amwaka igitsina kugira ngo akomeze amukorere.

Bwana Andrew Cuomo ni umwe muri ba Guverineri bubahwa kurusha abandi bategeka za Leta zigize Leta Yunze Ubumwe z’Amerika.

Aho bibera ikibazo kurushaho kuri Guverineri Cuomo ni uko na bagenzi be b’Aba Demukarate batamucira akari urutega.

Ikindi ni uko abandi batamushaka barimo na Perezida wa Sena Bwana  Chuck Schumer na mugenzi we Sen. Kirsten Gillibrand.

Mu nyandiko bagenzi be b’aba Demukarate batangaje, banditse ko ubushakashatsi baherutse gukora bwaberetse ko n’abaturuge ba New York batakifuza gukomeza kuyoborwa na Andrew Cuomo.

Associated Press yanditse ko kugeza ubu ariko Bwana Andrew Cuomo yirinze kugira icyo atangaza ku bimuvugwaho ariko uko igitutu kirushaho kuzamuka ni ko abantu babona ko igihe asigaranye ku butegetsi ari gito.

Andrew Cuomo

Guverineri Andrew Cuomo ni umuhungu wa Mario Cuomo nawe wigeze kuyobora New York.

Ikindi ni uko Perezida Joe Biden ataragira icyo atangaza kuri iki kibazo.

TAGGED:AndrewCuomofeaturedGuverineriKweguraNew York
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyamadini B’I Kigali Bakingiwe COVID-19
Next Article Ubuhamya Bw’Abahohotewe N’Ingabo za Uganda Mu Bihe By’Amatora
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

‘Gusaranganya Shisha Kibondo’ Ni Ruswa Nini Mu Rwego Rw’Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?