Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hari Igihe Umuntu Aba Agomba Kwimenya-Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Hari Igihe Umuntu Aba Agomba Kwimenya-Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 February 2024 2:05 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Kagame Paul yabwiye abitabiriye Inama mpuzamahanga yiga ku miyoborere iri kubera mu Leta zunze ubumwe z’Abarabu ko guhora utegereje ko amahanga azagutabara waguye n’akaga, ari ukwibeshya.

Inama yabivugiyemo yitabiriwe n’abantu babarirwa mu magana baturutse imihanda yose baje kwigira hamwe uko imiyoborere yo mu isi y’ubu yakoresha ubwenge buhangano mu kuzamura imiyoborere idaheza.

Umunyamakuru wa CNN (Cable News Network) witwa Eleni Giokos yabajije Kagame ubutumwa aha isi mu gihe igihugu cye kibura iminsi mike ngo kibuke ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi.

Undi yamusubike ko nta kintu gishya abona yabwira abantu birengagije gutabara nkana abakorerwaga Jenoside mu Rwanda mu mwaka wa 1994.

Ati: “Sinzi ikintu gishya nasaba isi gukora ubu tutigeze tubabwira ngo bakore mu gihe cyahise, Icyakora ibyo byerekana ko isi nta kintu kinini yigira ku byahise cyangwa ibiri kuba muri iki gihe . Sinzi icyo nabwira isi ngo ihindure mu byo isanzwe ikora. Sinkizi neza.”

Avuga ahubwo ko abahuye nibyo byago  ari bo bakwiye kuba hari amasomo bize kandi ngo Abanyarwanda bo barayize barayamenya.

Rimwe muri yo ni uko hari igihe kigera ibihugu bikishakamo ibisubizo ubwabyo, bikirwanaho bidategereje ak’imuhana.

Avuga ko hari igihe umuntu yisanga ari we ubwe ugomba kwigira, ntawundi arambirijeho.

Perezida Kagame avuga ko n’ubwo nta mugabo umwe, ariko hari n’ubwo utabaza hakabura ugutabara.

Eleni Giokos

Ku byerekeye Afurika, Perezida Kagame yavuze ko abayobozi b’ibihugu byayo ari bo bakwiye gukora ibihje n’ibyo abaturage babo bashaka kandi abo baturage bagahabwa umwanya kubitangaho ibitekerezo.

TAGGED:featuredIgihuguKagamePerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Abo Muri Sake Basabye MONUSCO Kutarwanya M23
Next Article Kicukiro: Akarere Ka Mbere Gafite Abaturage Bakoresha ‘Irembo’ Kurusha Abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Knowless Yagiye Tanzania Kuhasohorera Indirimbo

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Abaturiye CIMERWA Bagiye Kwimurwa

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?