Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hari Igihe Umuntu Aba Agomba Kwimenya-Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Hari Igihe Umuntu Aba Agomba Kwimenya-Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 February 2024 2:05 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Kagame Paul yabwiye abitabiriye Inama mpuzamahanga yiga ku miyoborere iri kubera mu Leta zunze ubumwe z’Abarabu ko guhora utegereje ko amahanga azagutabara waguye n’akaga, ari ukwibeshya.

Inama yabivugiyemo yitabiriwe n’abantu babarirwa mu magana baturutse imihanda yose baje kwigira hamwe uko imiyoborere yo mu isi y’ubu yakoresha ubwenge buhangano mu kuzamura imiyoborere idaheza.

Umunyamakuru wa CNN (Cable News Network) witwa Eleni Giokos yabajije Kagame ubutumwa aha isi mu gihe igihugu cye kibura iminsi mike ngo kibuke ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi.

Undi yamusubike ko nta kintu gishya abona yabwira abantu birengagije gutabara nkana abakorerwaga Jenoside mu Rwanda mu mwaka wa 1994.

Ati: “Sinzi ikintu gishya nasaba isi gukora ubu tutigeze tubabwira ngo bakore mu gihe cyahise, Icyakora ibyo byerekana ko isi nta kintu kinini yigira ku byahise cyangwa ibiri kuba muri iki gihe . Sinzi icyo nabwira isi ngo ihindure mu byo isanzwe ikora. Sinkizi neza.”

Avuga ahubwo ko abahuye nibyo byago  ari bo bakwiye kuba hari amasomo bize kandi ngo Abanyarwanda bo barayize barayamenya.

Rimwe muri yo ni uko hari igihe kigera ibihugu bikishakamo ibisubizo ubwabyo, bikirwanaho bidategereje ak’imuhana.

Avuga ko hari igihe umuntu yisanga ari we ubwe ugomba kwigira, ntawundi arambirijeho.

Perezida Kagame avuga ko n’ubwo nta mugabo umwe, ariko hari n’ubwo utabaza hakabura ugutabara.

Eleni Giokos

Ku byerekeye Afurika, Perezida Kagame yavuze ko abayobozi b’ibihugu byayo ari bo bakwiye gukora ibihje n’ibyo abaturage babo bashaka kandi abo baturage bagahabwa umwanya kubitangaho ibitekerezo.

TAGGED:featuredIgihuguKagamePerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Abo Muri Sake Basabye MONUSCO Kutarwanya M23
Next Article Kicukiro: Akarere Ka Mbere Gafite Abaturage Bakoresha ‘Irembo’ Kurusha Abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?