Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 May 2025 3:23 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Robert Kyagulanyi.
SHARE

Robert Kyagulanyi usanzwe utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda yatangaje ko ateganya ‘kongera’ kwiyamamariza kuyobora Uganda.

Ayo matora azaba mu mwaka wa 2026, akazahangana na Perezida Yoweli Museveni wagiye k’ubutegetsi mu mwaka wa 1986.

Kyagulanyi wamamaye ku izina rya Bobi Wine kuko asanzwe ari umuhanzi, avuga kwiyamamaza kwe kuzaba kugamije ko abaturage bishyira bakizana.

Ibyo ni bimwe mu byo aherutse kubwira Ibito Ntaamakuru by’Abongereza, Reuters.

Ati “Nagaragarije abagize itsinda ryanjye ko mpari kubera bo. Kwitabira amatora kwanjye  bizaba umwanya mwiza wo guharanira ko abaturage bishyira bakizana.”

Mu mwaka wa 2021 nabwo yariyamamaje ariko aratsindwa, akaba yari ahagarariye ishyaka rye yise National Unity Platform.

Nyuma yo gutsindwa, yatangaje ko yibwe amajwi, ndetse muri icyo gihe hari benshi mubo bafatanya mu ishyaka bafunzwe abandi bakorerwa ibyo we n’abandi bise ihohoterwa.

Akunze kumvikana avuga ko abaturage ba Uganda batisanzura, bahohoterwa, kandi bagakorerwa iyicarubozo.

TAGGED:featuredKyagulanyiMuseveniPolitikiRobertUmuhanziUmuziki
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura
Next Article Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

Abanyarwanda Banywa Ikawa Ni 5%-NAEB

Ubwoba Ku Bitero By’Ikoranabuhanga Ku Bakiliya Bwatumye MTN Ihanga Agashya

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Ubuhinde: Igitero Cy’Iterabwoba Kishe Abantu Umunani 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Yabyariye Mu Modoka Y’Abagenzi Ijya Rubavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Sarkozy Agiye Kurekurwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?