Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hari Ubwoba Ko Hari Abanyarwanda Baguye Mu Mpanuka Ya Jaguar
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Hari Ubwoba Ko Hari Abanyarwanda Baguye Mu Mpanuka Ya Jaguar

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 September 2024 4:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ahitwa Kalungu muri Kabaale habereye impanuka ikomeye yahitanye abantu umunani. Hari abakeka ko hari n’Abanyarwanda bashobora kuba bayiguyemo.

Iyo bisi ya Jaguar yari ibatwaye yagonganye na FUSO nayo ifite icyapa cyo muri Uganda.

Polisi yo mu gace byabereyemo ivuga ko umuvuduko munini ari wo wabaye nyirabayazana w’iyi mpanuka ikomeye.

Byabaye mu masaha ya saa munani z’ijoro ku isaha y’i Kigali nk’uko radio yitwa Voice of Kigezi ikorera za Ankole na Tooro ibyemeza.

Polisi kandi yatangarije iyo radio ko hari abantu 40 bahakomerekeye bajyanwa mu bitaro bya Masaka ngo bavurwe.

Akarere ka Kalungu mu ibara ritukura

Ikindi gikekwa ko gishobora kuba cyabaye intandaro yayo ni ibihu byari byahumye umuhanda abashoferi batareba imbere neza.

Hari n’amakuru avuga ko umubare munini w’abari bari muri iyo bisi ari Abanyarwanda bari batashye i Kigali bava i  Kampala.

TAGGED:AbanyarwandafeaturedImpanukaJaguarUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Mafoto: Uko Inteko Y’Abapolisikazi Yagenze
Next Article Uganda: Umunyarwandakazi Yapfiriye Mu Mpanuka Ikomeye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?