Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hari Urubyiruko Rw’U Rwanda Rutiyumvamo Ubunyarwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Hari Urubyiruko Rw’U Rwanda Rutiyumvamo Ubunyarwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 October 2023 1:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ushinzwe Abanyarwanda baba mu mahanga witwa Sandrine Maziyateke avuga ko hari umubare w’urubyiruko rw’u Rwanda rutiyumvamo kuba Abanyarwanda ahubwo rwiyumva mu mahanga.

Ngo mu mutwe biyumvamo ‘Green card’.

Mu kiganiro yatangiye mu Ihuriro rya Unity Club, Maziyateke yagize ati: “Hari urubyirujo rufite ikibazo cy’ihungabana mu mateka twanyuzemo ruhunga kure Ndi Umunyarwanda; hari n’abumva ko batari Abanyarwanda. Hano mu Rwanda barahari, banivugisha n’indimi zo mu mahanga cyangwa na rwa rubyiruko rwumva ko rufite green card mu bwonko, inzozi zarwo zikaba kujya mu mahanga.”

Sandrine Maziyateke

Maziyateke Sandrine avuga ko amahirwe ahari ari uko hari umubare munini w’urubyiruko rwamenye ko Ndi Umunyarwanda ishobora komora ibikomere by’amateka u Rwanda rwaciyemo.

Asaba urubyiruko kumva ko kuba u Rwanda rukora ibintu byiza, byagombye kubabera uburyo bwo kuza bagafatanya n’abandi mu kurwubaka.

Ibiganiro byatangiwe muri Unity Club Intwararumuri byagarutse ku ndangagaciro z’Abanyarwanda zose zishingiye kuri ‘Ndi Umunyarwanda.’

Igitekerezo cya Ndi Umunyarwanda gifatwa nk’uruti rw’umugongo rw’ubumwe n’amajyambere y’Abanyarwanda muri iki gihe no mu gihe kizaza.

TAGGED:AmacakubiriClubfeaturedJenosideMaziyatekeNdi UmunyarwandaUnityUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Ikoranabuhanga Mu Kwigisha Imibare Na Siyansi Rirakataje Mu Barimu
Next Article Nyanza: Bakubise Abajura Bane Umwe Arapfa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?