Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Haribazwa Impamvu Z’Ibura Ry’Umuriro Hafi Mu Rwanda Hose
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Haribazwa Impamvu Z’Ibura Ry’Umuriro Hafi Mu Rwanda Hose

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 April 2024 8:24 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Iyo bangije amashanyarazi bihenda benshi
SHARE

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu cyatangaje ko kuba hari ibura ry’umuriro riherutse kuba hafi mu gihugu hose ryatewe n’impamvu zigikorwaho iperereza.

Impamvu ngo ni uko kugira ngo ibura ry’umuriro rigere hafi mu gihugu hose biterwa n’impamvu nyinshi.

Umuyobozi muri REG witwa Zawadi yagize ati: “Kugira ngo umuyoboro uveho ariko biterwa n’impamvu zirenze imwe ni yo mpamvu tugikora iperereza”.

Yabwiye bagenzi bacu ba IGIHE ko iri bura ry’umuriro ryabaye mu bice byinshi by’igihugu ariko hataramenyekana neza niba ari byose.

Yemeza ko REG iri gukora ibishoboka byose ngo ikibazo nk’iki ntikizongere ndetse yihanganisha abagizweho ingaruka bose.

Ntiharamenyekana ibyangijwe n’iri bura ry’umuriro.

Ahakunze kwibasirwa n’ibi bibazo ni nk’ahatangirwa serivisi zikenera umuriro.

Icyakora ahakorerwa ibikorwa nk’ubuvuzi cyangwa izindi serivisi zikenera umuriro kugira ngo ubuzima bw’igihugu bukomeze hakunze kuba hari imashini zitanga amashanyarazi.

TAGGED:AmashanyarazifeaturedRwandaUmuriro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Biyitiriye Croix Rouge Y’u Rwanda Biba Umucuruzi
Next Article Ikigo Nyarwanda Gisana Imihanda Kiyishyura Kitayisuzumye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?