Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Harifuzwa Ko Ubwoko Bw’Ibicururizwa Ku Isoko Ry’Afurika Bwiyongera
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

Harifuzwa Ko Ubwoko Bw’Ibicururizwa Ku Isoko Ry’Afurika Bwiyongera

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 October 2024 11:05 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Dr. Hermogène Nsengimana, Umunyamabanga Mukuru w’Ikigo Nyafurika Gishinzwe Ubuziranenge (ARSO) yabwiye abari mu nama mpuzamahanga yiga ku mikorere nyayo y’isoko ry’Afurika ko bikwiye ko ibiryoherezwaho byiyongera mu bwoko no mu bwiza.

Avuga ko kongera ubwoko bw’ibicuruzwa byoherezwa kuri ririya soko byafasha mu kuryagura no guha abaturage ba Afurika amahirwe yo kubona aho bagurisha byinshi mu byo bakora cyangwa bejeje.

Bimwe mu by’ibanze u Rwanda rukunze kohereza ku isoko mpuzamahanga ni ikawa, icyayi, imbuto, imboga, amabuye y’agaciro n’ibindi.

Kugira ngo isoko ry’u Rwanda mu mahanga ryaguke, ari ngombwa ko hagezwa n’ibindi bicuruzwa, Dr Nsengimana akavuga ko muri ibyo bicuruzwa hakwiye kujyamo n’imiti.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yemeza ko hari ubushakashatsi bwakozwe bwerekana ko hari ibicuruzwa bigera kuri 4100 bishobora gutunganywa bigasuzumirwa ubuziranenge hanyuma bikagezwa ku isoko mpuzamahanga.

Yagize ati: “ Tugomba guhindura imyumvire kugira ngo tugire byinshi dushyira ku isoko ry’Afurika, AfCFTA. Muri iki gihe usanga twibanda ku ikawa, icyayi na cacao, ariko ni byiza ko dusesengura tukareba niba nta bindi bicuruzwa byagezwa yo”.

Ku byerekeye ibyo bindi avuga ko bikwiye kujyanwa ku isoko mpuzamahanga harimo  n’imiti akemeza  ko iyo miti yakorewe igenzura basanga yujuje ubuziranenge.

Gusuzuma ubuziranenge bw’imiti ikorerwa muri Afurika no mu Rwanda byatangiye mu mwaka wa 2017 bikozwe n’ikigo Dr. Hermogène Nsengimana abereye Umunyamabanga Mukuru kitwa Ikigo Nyafurika Gishinzwe Ubuziranenge (ARSO).

Mu Rwanda hamaze iminsi habera inama mpuzahamanga yiga ku mikorere inoze y’isoko ry’Afurika yiswe Biashara Afrika 2024.

- Advertisement -

Ubwo yayitangizaga, Perezida Kagame yavuze ko ari ngombwa ko abayobozi b’ibihugu by’Afurika bagabanya cyangwa bagakuraho imisoro n’izindi nzitizi zibangamira urujya n’uruza hagati y’abacuruzi mu bihugu.

Yavuze ko ibyo byafasha mu kuzamura umusaruro uva muri ubwo bucuruzi ku nyungu z’abaturage ba Afurika aho bava bakagera.

TAGGED:AfurikafeaturedIbicuruzwaImitiIsokoKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hari Ababeshya Ko u Rwanda Rwabohowe N’Imana -Dr Bizimana
Next Article Abacuruzi Bo Mu Rwanda Barataka Ruswa Ku Isoko Ryo Mu Karere
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?