Haruna Niyonzima yasinye andi masezerano yo gukinira Young Africans

Haruna Niyonzima usanzwe ari Kapiteni w’Ikipe y’u Rwanda y’Umupira w’Amaguru, AMAVUBI, kuri uyu wa Gatanu Taliki 18, Ukuboza, 2020 yasinye andi masezerano yo gukinira Young Africans yo muri Tanzania.

Yasinye amasezerano y’umwaka umwe.

Haruna Fadhili Niyonzima yavutse taliki 05, Gashyantare, 1990. Ni umukinnyi w’umupira w’amaguru wabigize umwuga, akaba akina hagati.

Akomoka mu cyahoze ari Perefegitura ya Gisenyi, ubu ni mu Karere ka Rubavu, mu Ntara y’i Burengerazuba.

- Advertisement -

Akazi ko gukina umupira w’amaguru yagakoreye mu makipe menshi harimo Etincelles, Rayon Sports, APR, AS Kigali (yo mu Rwanda), Young Africans na Simba( yo muri Tanzania.

Mu mpera za 2019 nibwo yavuye muri AS Kigali yinjira muri Young Africans agikinira n’ubu.

Incamake y’amateka ya Haruna mu mupira w’amaguru
Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version