Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Human Right Watch Yishimiye Ifatwa Rya Bunyoni
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Human Right Watch Yishimiye Ifatwa Rya Bunyoni

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 April 2023 3:27 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwanditsi bw’Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu witwa Human Rights Watch buvuga ko uyu muryango wishimiye ifatwa rya Alain Guillaume Bunyoni. Buvuga ko ari intambwe nziza yatewe kandi bizaha abagenzacyaha uburyo bwo kumukurikirana ku byaha yari asanzwe akurikiranyweho.

Ni ibyaha byibasiye inyoko muntu HRW ivuga ko yakoze kuva mu mwaka wa 2015 kugeza mu myaka myinshi yakurikiye ho.

Mu mwaka wa 2020 nibwo uwahoze ari Perezida w’u Burundi Pierre Nkurunziza wakoranaga bya hafi na Bunyoni yatabarutse.

Bivugwa ko yazize uburwayi.

Yasimbuwe na Evariste Ndayishimiye.

Nyyuma Alain Bunyoni yakomeje kuba umuntu ukomeye, aza kugirwa na Minisitiri w’Intebe.

Mu mezi make ashize, amakuru yaje gukwira ko uyu mugabo (uri no mu bakire b’abanyapolitiki bakomeye mu Burundi) yashakaga guhirika Evariste Ndayishimiye ngo amuvane ku butegetsi.

Huma Rights Watch ivuga ko ubwo Bunyoni yafashwe, bishoboka ko ibyo kumukurikirana ku byaha ubushinjacyaha mpuzamahanga  bumushinja byatangira.

Taliki 23, Mata, 2023 umushinjacyaha mukuru wa Repubulika y’u Burundi witwa Sylvestre Nyandwi yatangaje ku mugaragaro ko Bunyoni yafashwe.

Ku ruhande rw’u Burundi Bunyoni ashinjwa gushaka guhungabanya umutekano.

Ubwo twandikaga iyi nkuru Alain Guillaume Bunyoni yari afunzwe n’inzego z’ubutasi z’u Burundi.

TAGGED:BunyoniBurundifeaturedUburenganzira
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyuma Ya Zimbabwe Perezida Kagame Ari Muri Tanzania
Next Article Turahirwa Moses Arashinjwa Impapuro Mpimbano
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gisèle Umuhuza Yasimbuwe Na Canoth Manishimwe Muri MININFRA

Ariel Wayz Na Babo Bajyanywe Mu Kigo Ngororamuco

Ese Icyemezo Cya Leta Cyahombeje Abacuruzi Bagafunga Cyavugururwa?

DRC: Urugo Rwa Azarias Ruberwa Rwatewe

Abaturage 354,000 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?