Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Human Right Watch Yishimiye Ifatwa Rya Bunyoni
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Human Right Watch Yishimiye Ifatwa Rya Bunyoni

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 April 2023 3:27 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwanditsi bw’Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu witwa Human Rights Watch buvuga ko uyu muryango wishimiye ifatwa rya Alain Guillaume Bunyoni. Buvuga ko ari intambwe nziza yatewe kandi bizaha abagenzacyaha uburyo bwo kumukurikirana ku byaha yari asanzwe akurikiranyweho.

Ni ibyaha byibasiye inyoko muntu HRW ivuga ko yakoze kuva mu mwaka wa 2015 kugeza mu myaka myinshi yakurikiye ho.

Mu mwaka wa 2020 nibwo uwahoze ari Perezida w’u Burundi Pierre Nkurunziza wakoranaga bya hafi na Bunyoni yatabarutse.

Bivugwa ko yazize uburwayi.

Yasimbuwe na Evariste Ndayishimiye.

Nyyuma Alain Bunyoni yakomeje kuba umuntu ukomeye, aza kugirwa na Minisitiri w’Intebe.

Mu mezi make ashize, amakuru yaje gukwira ko uyu mugabo (uri no mu bakire b’abanyapolitiki bakomeye mu Burundi) yashakaga guhirika Evariste Ndayishimiye ngo amuvane ku butegetsi.

Huma Rights Watch ivuga ko ubwo Bunyoni yafashwe, bishoboka ko ibyo kumukurikirana ku byaha ubushinjacyaha mpuzamahanga  bumushinja byatangira.

Taliki 23, Mata, 2023 umushinjacyaha mukuru wa Repubulika y’u Burundi witwa Sylvestre Nyandwi yatangaje ku mugaragaro ko Bunyoni yafashwe.

Ku ruhande rw’u Burundi Bunyoni ashinjwa gushaka guhungabanya umutekano.

Ubwo twandikaga iyi nkuru Alain Guillaume Bunyoni yari afunzwe n’inzego z’ubutasi z’u Burundi.

TAGGED:BunyoniBurundifeaturedUburenganzira
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyuma Ya Zimbabwe Perezida Kagame Ari Muri Tanzania
Next Article Turahirwa Moses Arashinjwa Impapuro Mpimbano
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?