Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Humble Jizzo Watangiye Umuziki We Wenyine
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Humble Jizzo Watangiye Umuziki We Wenyine

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 March 2024 4:39 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Uyu mugabo wahoze mu itsinda Urban Boys yatangiye gukora umuziki ku giti cye. Avuga ko bitari byoroshye ko akomeza gukorana na mugenzi we Nizzo kubera ko buri wese muri iki gihe afite ibyo ahugiyeho.

Aherutse gusohora indirimbo yise Ifi, ikaba yarayikoze wenyine atari kumwe na Nizzo Kaboss.

Humble Jizzo avuga  ko ari icyemezo yumvikanyeho na mugenzi we Nizzo ariko ngo urubuga batangarizaho ibihangano byabo baracyaruhuriyeho.

Icyakora ngo bitinde bitebuke bazongera bakorane.

Iyi ni imvugo ya Humble.

Ati: “Byanze bikunze, nguhaye nk’urugero vuba cyane hari ibyo turi kuganira tuzakorana ariko nyine ntibikuraho ko naba nkora na we akaba akora bitewe n’aho buri wese ari.”

Humble Jizzo yamamaye mu itsinda rya Urban Boys mbere y’uko ritangira kuzamo ibibazo.

Safi Madiba nawe wahoze muri iri tsinda yavuyemo mu 2018.

Babiri barisigayemo bakomeza gukorana.

Nyuma Humble Jizzo yaje gushakana n’Umunyamerikakazi wakoraga mu kigo kitwa YWCA ku Kicukiro, biba ngombwa ko bimuka bava mu Rwanda bajya muri Kenya.

Uko gutatana niko kwatumye Urban Boyz idindira kugeza n’ubu.

TAGGED:HumbleUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abavuga Ko Nyoboza Igitugu Sinzi Icyo Babishingiraho-Kagame
Next Article Ruhango:Uwari Ugiye Kubyara Impanga Yabuze Ubutabazi Apfana Nazo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Umutekano Mu Muhanda Uvuze Byinshi – Minisitiri Biruta

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

APR FC Yongeye Gutesha Rayon Igikombe Na Miliyoni Nyinshi

Menya Impamvu Kugabanya Ibiro Bigora

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Kenya: Inzovu Yari Ambasaderi W’Inzoga Yitwa Tusker Yapfuye

Amerika Irototera Kuzakorera Iran Nk’Ibyo Yakoreye Venezuela

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

You Might Also Like

Imyidagaduro

Menya Ahaza Kurasirwa Ibishashi Birangiza 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Beyoncé Yabaye Undi Muhanzi Ufite Miliyari $1

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Igitaramo Cya Mbonyi Cyari Kuzabera i Rubavu Cyasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Abana Bagiye Gutozwa Guhesha Agaciro Imbyino Gakondo Nyarwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?