Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: I Bujumbura Bishimiye Icyemezo U Rwanda Ruherutse Gufata
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

I Bujumbura Bishimiye Icyemezo U Rwanda Ruherutse Gufata

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 April 2021 2:43 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu nama y’Umushyikirano iri kubera mu Burundi( iwabo bayita Ikiyago) ubuyobozi bw’ingabo, Polisi n’ubwa Politiki bishimiye icyemezo Leta y’u Rwanda iherutse gufata cyo gufunga radio zakoreraga mu Rwanda zikanenga ubutegetsi bw’i Bujumbura.

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Burundi yavuze ko kiriya cyemezo cyerekana ubushake bw’u Rwanda bwo kongera kubana neza n’u Burundi.

Kuva Perezida Ndayishimiye yajya ku butegetsi muri 2020 yagaragaje ubushake bwo kuzamura umubano igihugu cye gifitanye n’amahanga haba muri Tanzania, Guinée n’ahandi.

Gusa ntarasura u Rwanda. Ku rundi ruhande ariko Minisitiri w’u Burundi w’ububanyi n’amahanga Bwana Albert Shingiro aherutse mu Rwanda aganira na mugenzi we Dr Vincent Biruta uko umubano w’ibihugu byombi warushaho kuba mwiza.

Icyo gihe bahuriye i Nemba mu Bugesera, inama yabahuje yarangiye Shingiro asabye Biruta kuzasura u Burundi bakaganira.

TAGGED:BirutaBujumburaBurundifeaturedShingiroUmubano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikifuzo Cya Théoneste Bagosora Cyatewe Utwatsi
Next Article Min Biruta Na Perezida Wa Sena Y’U Rwanda Bagiye Muri Niger
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Imwe Mu Makipe Yo Muri Sudani Yikuye Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Ruhango: Hatangiye Iperereza Ku Mugabo Bikekwa Ko Yishwe N’Abo Yasengereye

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

Muramu Wa Vital Kamerhe Niwe Mukandida Wo Kumusimbura Kuyobora Inteko

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

You Might Also Like

Mu mahanga

Mu Bufaransa Haraba Inama Ikomeye Ku Bibazo Biri Mu Karere u Rwanda Ruherereyemo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tanzania: Mu Matora Y’Uwasimbura Samia Suluhu Havutse Imvururu Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kagame Yaganiriye N’Ubuyobozi Bw’Ihuriro Rw’Ubukungu Ku Isi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Tanzania: Baratora Perezida N’Abadepite 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?