Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: I Kibeho Perezida Wa Pologne Arasura Ikigo Cy’Abafite Ubumuga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

I Kibeho Perezida Wa Pologne Arasura Ikigo Cy’Abafite Ubumuga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 February 2024 9:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Andrzej Sebastian uyobora Pologne n’umugore we Agata Kornhauser–Duda baragera mu Rwanda kuri uyu wa Kabiri baturutse  muri Kenya. Kuri gahunda yabo barazasura n’ikigo kita ku bana bafite ubumuga kiba mu Murenge wa Kibeho muri Nyaruguru.

Umuturage uri i Kibeho witwa Kamonyo yabwiye Taarifa ko abaturage muri rusange n’abana baba muri iki kigo by’umwihariko biteguye kwakira uyu mushyitsi w’imena.

Avuga ko Abanyapologne ari bo bashinze icyo kigo kivura kandi kigaha uburere abana bafite ubumuga butandukanye.

Biga guhera mu ishuri ry’incuke bagakomeza kugeza mu mashuri yisumbuye kandi ayo mashuri yubatse hafi y’aho basanzwe baba.

Ikigo abo bana bigaho kiri muri metero nka 400 kugera ngo ugere ahari Chapelle ziberaho kuzirikana amabonekerwa Bikira Mariya yageneye abakobwa bigaga i Kibeho mu myaka ya 1980.

Perezida Duda
TAGGED:AbafiteDudaKibehoUbumugaUruzinduko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umukozi Wa Kaminuza Y’u Rwanda Araregwa Kwibira Amanota Umunyamahanga
Next Article Umugabo W’i Nyagatare Aravugwaho Gusambanya Umwana We
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?