Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibicuruzwa Byafatiwe Hirya No Hino Bitujuje Ubuziranenge Bifite Agaciro ka Miliyoni 42.700 Frw-RIB
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Ibicuruzwa Byafatiwe Hirya No Hino Bitujuje Ubuziranenge Bifite Agaciro ka Miliyoni 42.700 Frw-RIB

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 March 2021 11:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rufatanyije n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibiribwa n’imiti ndetse na Polisi y’u Rwanda beretse abanyamakuru ibiribwa n’ibinyobwa n’ibindi bicuruzwa bitujuje ubuziranenge bavanye hirya no hino mu Rwanda bifite agaciro ka Miliyoni 42. 700 Frw.

Umuyobozi muri RIB ushinzwe gukurikirana ibyaha Bwana Jean Marie Vianney Twagirayezu yavuze ko babikoze mucyo bise Operation FAGIA OPSON  VI.

Bwana Twagirayezu avuga ko akazi ikibabaje ari uko abantu bacuruzaga biriya babikoraga birengagije ko byangiza ubuzima b’abantu.

Mu byafashwe harimo amafu, urusenda, umutobe, inzoga, n’ibindi.

Umwe mu bakozi bakuru ba Rwanda FDA Bwana Lazare Ntirenganya avuga ko ikibabaje ari uko abanyenganda bemerewe gukora ibintu runaka bahitamo gukora ibintu batarandikisha ibyo bifuza gukora kugira ngo bisuzumwe.

Ati: “ Iyo babyandikishije nibwo tumenya mu by’ukuri ibizaba bigize igicuruzwa runaka bizaba byujuje ubuziranenge. Nibyo byiza bagomba gukora mbere yo kujya ku isoko.”

Igikorwa cyo gufata biriya bicuruzwa cyiswe Operation FAGIA OPSON  VI.Cyakozwe mu minsi ibiri.

Ibiribwa bwafashwe biri mu ngeri nyinshi

TAGGED:FDAfeaturedIbicuruzwaIbiribwaPolisiRIB
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abana Ba Brad Pitt Na Angelina Jolie Bafite Uruhare Muri Gatanya Yabo
Next Article Amajyaruguru Abonekamo Ibinyobwa Byinshi Bitujuje Ubuziranenge, Itabi Mu Burasirazuba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

Nyagatare: Hatangijwe Umushinga Mugari Wo Guhinga Ubutaka Bukomatanyije

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingengabihe Y’Umwaka Utaha W’Amashuri Yatangajwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Uganda: Umwe Mu Bakire Bakomeye Yiciwe Mu Biro Bye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?