Byavugiwe mu muhango wo guhemba abakora mu ruhererekane nyongeragaciro rw’ibiribwa no mu mahoteli nyuma y’isuzuma ry’imikorere yayo. Bahawe ibyemezo bishimangira ko ibyo bakora byujuje amabwiriza y’ubuziranenge...
Mu rwunge rw’amashuri rwa Rwesero mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza haravugwa abayobozi bavugwaho kwiba ibiribwa by’abanyeshuri. Abashyirwa mu majwi cyane ni ushinzwe umutungo...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko mu minsi 11 ishize, Leta y’u Rwanda yahaye abagizweho ingaruka n’ibiza ibiribwa bingana na toni 426. RBA yanditse ko kugeza ubu...
Ibiribwa, ibyo kuryamira, amavuta n’ibindi bikoresho by’ibanze byamaze guhabwa imiryango yaburiye ababo mu biza byibasiye ibice by’u Rwanda byiganjemo Uburengerazuba, Amajyaruguru n’Amajyepfo by’u Rwanda. Ibyo biza...
Mu gihe ubuhinzi ngangurarugo byarumbije nk’uko Minisiteri y’imari n’igenamigambi iherutse kubitangaza, ku rundi ruhande, raporo y’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kwita ku bidukikije ivuga ko ibiryo bingana...