Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibihugu 15 By’Afurika Harimo N’U Rwanda Birashaka Miliyari 100$ Yo Kwiyubaka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Ibihugu 15 By’Afurika Harimo N’U Rwanda Birashaka Miliyari 100$ Yo Kwiyubaka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 July 2021 9:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abakuru b’ibihugu 15 by’Afurika harimo n’u Rwanda ejo tariki 16, Nyakanga 2021 bakoze inama mu buryo bw’ikoranabuhanga bari kumwe n’ubuyobozi muri Banki y’Isi bavuga ko hakenewe miliyari 100$ yo kubifasha kwisana kubera ingaruka za COVID-19.

Uretse Perezida Paul Kagame w’u Rwanda harimo n’abandi barimo Alassane Ouattara wa Ivory Coast n’abandi.

Amafaranga biriya bihugu bishaka ni ayo kuzahura ubukungu bwabyo bikazayishyura ku nyungu ya zero cyangwa iri hasi cyane.

Umuyobozi muri Banki y’Isi ushinzwe ibikorwa witwa Axel Van Trotsenburg avuga ko Banki y’Isi izafasha Afurika kwigobotora ingaruka za kiriya cyorezo kandi ko hari gahunda yo kuzayifasha gukingira abaturage bangana na 60% bitarenze umwaka utaha.

Kugeza ubu 1% by’abatuye Afurika nibo bakingiwe kiriya cyorezo.

Abatabiriye iriya nama bakoze itangazo rusange bise Abidjan Declaration.

Biteganyijwe ko ariya mafaranga azatangwa binyuze mu Kigega giharanira iterambere mpuzamahanga kitwa International Development Association (IDA).

TAGGED:AfurikaCOVID-19featuredIkigegaKagameUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article EU Yatanze Miliyari 1.7 Frw Zo Gufasha Impunzi z’Abarundi I Mahama
Next Article Umuvuno W’Umwami Mswati III Wo Gusubiza Ibintu Mu Buryo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?