Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibihugu Bikennye Bikwiye Kugira Icyo Bikora Mu Kugabanya Ibitera Ihumana Ry’Ikirere-Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ibihugu Bikennye Bikwiye Kugira Icyo Bikora Mu Kugabanya Ibitera Ihumana Ry’Ikirere-Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 December 2022 2:41 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame avuga ko n’ubwo ibihugu bikize ari byo bigomba gutanga amafaranga menshi yo guhangana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere kuko ari nabyo bizamura ibyotsi byinshi mu kirere, ibikennye nabyo bitagomba guterera agati mu ryinyo.

Avuga ko nabyo bigomba gushyiraho ingamba iwabo zo kwita ku bidukikije no kugabanya ibituma ikirere gikomeza gushyuha.

Yabivugiye mu nama yiswe KusiFest 2022 yateranye mu buryo bw’ikoranabuhanga.

Yatanze urugero rw’u Rwanda, avuga ko rwashyizeho ikigega kitwa Rwanda Green Fund, kikaba ari ikigega gitera inkunga imishinga igamije kurengera ibidukikije.

Perezida Kagame yavuze ko kugira ngo abantu bashobore guhangana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere, ubufatanye ari ngombwa.

Umukuru w’u Rwanda kandi avuga ko hejuru y’uko ikirere cyabaye ikibazo, hiyongereyeho ibindi birimo ibikomoka kuri  COVID-19  ndetse n’ibiterwa n’ibibazo bya Politiki biri hirya no hino ku isi.

Ku ruhande rw’Afurika, Perezida Kagame avuga ko icyo ishaka ku muntu uwo ari wese wifuza gukorana nayo, ari uko iyo mikoranire iba ifitiye Afurika akamaro kandi ikagira uruhare mu buyikorerwa.

Yasezeranyije abari mu nama mpuzamahanga iri kubera i Doha muri Qatar ko u Rwanda ruzatanga inkunga yose kugira ngo ibyiyemejwe bigerweho.

Kusi Ideas ni ihuriro ngarukamwaka ritegurwa n’ikigo cyo muri Kenya kitwa Nation Media Group.

Kusi Ideas Festival yatangiye mu mwaka wa 2019 ubwo Nation Media Group yizihizaga imyaka 60 yari imaze ishinzwe.

TAGGED:AfurikafeaturedIbidukikijeIkirereKagameKusi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inkongi Nyinshi Ziterwa N’Uburangare- Polisi
Next Article Imiryango Ya UN Mu Rwanda Izubakirwa Inyubako Imwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?