Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibitaro by’Umwami Faysal Bigiye Kwagurwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ibitaro by’Umwami Faysal Bigiye Kwagurwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 July 2024 1:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu bitaro bya Faysal hari kubera umuhango wo gushyira ibuye ahazagurirwa ibitaro bya Faysal. Ni ibitaro biri mu by’ibanze bikomeye mu Rwanda no mu Karere ruherereyemo.

Bimaze imyaka 30 bishinzwe, bikaba bizwiho gutanga serivisi zigezweho mu rwego rw’ubuzima.

Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko kuba ibi bitaro bigiye kwagurwa ari ikintu cyo kwishimira no gushimira Perezida watowe Paul Kagame kubera kureba kure kwe kwatumye ibi bitaro byubakwa.

Nsanzimana avuga ko muri iki ibi bitaro kandi hazabamo kaminuza yigisha abaganga amasomo ahambaye mu kabaga umutima no kuvura izindi ndwara.

Abaganga ba mbere bazatangira amasomo mu gihe gito kiri imbere nk’uko Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana abivuga.

Yunzemo kandi ko biriya bitaro nibyuzura bizafasha Abanyarwanda kutajya kwivuriza hanze, ibibasaba kwishyura menshi n’umwanya bakoreshaga bajyayo.

Nsanzimana avuga ko u Rwanda kandi rufite abafatanyabikorwa barwo mu by’ubuvuzi barimo n’abamaze igihe gito bahageze.

Uhagarariye ikigo kizagura ibi bitaro kitwa Shelter Group Africa avuga ko biriya bitaro bizaba bifite uburyo bw’ikoranabuhanga bugezweho buzaha abaganga uburyo bwo kwita ku babagana.

Avuga ko kandi ko iki kigo ayobora kizubaka ikigo gitoza abarimu mu by’ubuzima n’abaganga kugira ngo bakomeze bagira u Rwanda igicumbi cy’ubuvuzi ntangarugero.

TAGGED:FaysalfeaturedIbitaroKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amb Munyuza Avuga Ko U Rwanda Rwari Rupfuye Iyo Rutagira Ingabo Za APR
Next Article Kagame Yasabye RSSB Gukemura Ibibazo Biri Mu Bitaro Bya Faysal
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?