Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibitaro by’Umwami Faysal Bigiye Kwagurwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ibitaro by’Umwami Faysal Bigiye Kwagurwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 July 2024 1:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu bitaro bya Faysal hari kubera umuhango wo gushyira ibuye ahazagurirwa ibitaro bya Faysal. Ni ibitaro biri mu by’ibanze bikomeye mu Rwanda no mu Karere ruherereyemo.

Bimaze imyaka 30 bishinzwe, bikaba bizwiho gutanga serivisi zigezweho mu rwego rw’ubuzima.

Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko kuba ibi bitaro bigiye kwagurwa ari ikintu cyo kwishimira no gushimira Perezida watowe Paul Kagame kubera kureba kure kwe kwatumye ibi bitaro byubakwa.

Nsanzimana avuga ko muri iki ibi bitaro kandi hazabamo kaminuza yigisha abaganga amasomo ahambaye mu kabaga umutima no kuvura izindi ndwara.

Abaganga ba mbere bazatangira amasomo mu gihe gito kiri imbere nk’uko Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana abivuga.

Yunzemo kandi ko biriya bitaro nibyuzura bizafasha Abanyarwanda kutajya kwivuriza hanze, ibibasaba kwishyura menshi n’umwanya bakoreshaga bajyayo.

Nsanzimana avuga ko u Rwanda kandi rufite abafatanyabikorwa barwo mu by’ubuvuzi barimo n’abamaze igihe gito bahageze.

Uhagarariye ikigo kizagura ibi bitaro kitwa Shelter Group Africa avuga ko biriya bitaro bizaba bifite uburyo bw’ikoranabuhanga bugezweho buzaha abaganga uburyo bwo kwita ku babagana.

Avuga ko kandi ko iki kigo ayobora kizubaka ikigo gitoza abarimu mu by’ubuzima n’abaganga kugira ngo bakomeze bagira u Rwanda igicumbi cy’ubuvuzi ntangarugero.

TAGGED:FaysalfeaturedIbitaroKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amb Munyuza Avuga Ko U Rwanda Rwari Rupfuye Iyo Rutagira Ingabo Za APR
Next Article Kagame Yasabye RSSB Gukemura Ibibazo Biri Mu Bitaro Bya Faysal
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?