Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibyago Byagwiririye Türkiye Birenze Urugero: U Rwanda Rwongeye Kuyihanganisha
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ibyago Byagwiririye Türkiye Birenze Urugero: U Rwanda Rwongeye Kuyihanganisha

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 February 2023 12:56 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr. Vincent Biruta mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu yagiye kuri Ambasade ya Türkiye mu Rwanda, yandika ubutumwa bwo kwihanganisha abaturage b’iki gihugu kubera ibyago bikomeye baherutse guhura nabyo.

Iki gihugu gikora kuri Aziya no ku Burayi giherutse gupfusha abantu barenga 18, 000  bazize umutingito.

Ni umutingito wabaye mu rukerera rwo ku wa Mbere abantu baryamye.

Wahitanye ariko n’abo muri Syria n’ubwo bo batangana n’abo muri Türkiye.

Dr. Vincent Biruta yanditse mu gitabo cyo muri Ambasade yo muri iki gihugu ati: “Mu izina rya Guverinoma y’u Rwanda, twifatanyije n’imiryango yagizweho ingaruka n’umutingito wateje ibyago bikomeye byo kubura ubuzima n’umubabaro ukomeye muri Türkiye. U Rwanda rwifatanyije na Guverinoma ndetse n’abaturage ba Türkiye.”

This morning, on behalf of @RwandaGov, Minister @Vbiruta signed the condolences book at @TurkEmbKigali in the wake of the recent tragic earthquakes. Rwanda stands in solidarity with the Government and people of Türkiye. pic.twitter.com/AROweKkt7E

— Ministry of Foreign Affairs & Int'l Cooperation (@RwandaMFA) February 10, 2023

Imibare ikomatanyije y’abapfuye mu bihugu byombi itangaza ko bamaze kugera ku bantu 21,500.

Muri bo 18,342 ni abo muri Türkiye n’aho abarenga 3,350 ari abo muri Syria.

Umutingito wabahitanye wabanje kuza uri ku gipimo cya 7.8 ariko hamaze gucya haza undi ufite ubukana bwa  7.5

Ubwo twandikaga iyi nkuru, ibikorwa by’ubutabazi byari bigikomeje harebwa niba haba hari abakiri munsi y’inkuta z’inzu.

TAGGED:AmbasadeBirutafeaturedRwandaTurkiyaUmutingito
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Menya Igihe Gikwiye Cyo Gusezera Mu Kazi
Next Article Mu Rwanda Hatangijwe Ikibuga Cya Basket Abana Bazatorezwamo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?