Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibyo Perezida Kagame Ashobora Kuzagarukaho Mu Kiganiro N’Abaturage
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ibyo Perezida Kagame Ashobora Kuzagarukaho Mu Kiganiro N’Abaturage

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 July 2022 2:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

 Kuri uyu wa Mbere ku munsi wo kubohora u Rwanda Perezida Kagame azaha ikiganiro Ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru, RBA.

Kubera ko ari umunsi wo kwibohora kw’Abanyarwanda, Perezida Kagame azabifuriza umunsi mwiza kandi agaruke ku kamaro kwibohora bimaze kugirira Abanyarwanda mu myaka 28 ishize.

Perezida Kagame kandi azavuga ku musaruro CHOGM iheruka kubera mu Rwanda kandi uko bigaragara ntazabura gushimira Abanyarwanda uko babyitwayemo.

Ku byerekeye umubano  n’amahanga,  Umukuru w’Igihugu kandi ntazabura kuvuga ko bibazo bireba u Rwanda  birimo n’umubano utameze neza muri iki gihe hagati yarwo na Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mu mubano warwo n’amahanga kandi bigaragara ko u Rwanda rwungutse inshuti nyinshi ndetse n’abarusuye muri CHOGM bakaba bararushijeho kurukunda nk’uko hari n’ababitangarije ku mbuga nkoranyambaga.

Ku byerekeye akamaro kubohora u Rwanda byarugiriye, Perezida Kagame ashobora kuzakomoza ku iterambere u Rwanda rwagezeho kandi rukomeje kugeraho harimo n’ikibuga  mpuzamahanga cya Bugesera kiri hafi kuzura.

🚨MURARARITSWE🚨

Tubararikiye Ikiganiro cyihariye Perezida Paul Kagame azagirana na RBA ku wa Mbere tariki ya 4 Nyakanga 2022.

Iki kiganiro kizanyura ku bitangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga byacu, guhera saa sita n'igice z'amanywa.

#RBAHostsKagame pic.twitter.com/19gW6PbY5k

— Rwanda Broadcasting Agency (RBA) (@rbarwanda) July 3, 2022

Birashoboka ko mu bibazo by’abaturage, hari bamwe bazamugezaho iby’akarengane bakorewe n’abayobozi , Perezida Kagame abihe umurongo w’uko bizacyemuka.

Ikiganiro Perezida Kagame azatanga kuri uyu wa Mbere taliki 04, Nyakanga, 2022 kizatangira saa sita n’igice z’amanywa.

- Advertisement -
TAGGED:AbanyarwandaAbaturagefeaturedKagameRBA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Rwanda Haracyekwa Ubwandu Bushya Bwa COVID-19
Next Article Mu Kwizihiza Umunsi Wo Kwibohora, Kwibuka Inyumba Aloysia Birakwiye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?