Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibyo Perezida Kagame Ashobora Kuzagarukaho Mu Kiganiro N’Abaturage
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ibyo Perezida Kagame Ashobora Kuzagarukaho Mu Kiganiro N’Abaturage

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 July 2022 2:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

 Kuri uyu wa Mbere ku munsi wo kubohora u Rwanda Perezida Kagame azaha ikiganiro Ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru, RBA.

Kubera ko ari umunsi wo kwibohora kw’Abanyarwanda, Perezida Kagame azabifuriza umunsi mwiza kandi agaruke ku kamaro kwibohora bimaze kugirira Abanyarwanda mu myaka 28 ishize.

Perezida Kagame kandi azavuga ku musaruro CHOGM iheruka kubera mu Rwanda kandi uko bigaragara ntazabura gushimira Abanyarwanda uko babyitwayemo.

Ku byerekeye umubano  n’amahanga,  Umukuru w’Igihugu kandi ntazabura kuvuga ko bibazo bireba u Rwanda  birimo n’umubano utameze neza muri iki gihe hagati yarwo na Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Mu mubano warwo n’amahanga kandi bigaragara ko u Rwanda rwungutse inshuti nyinshi ndetse n’abarusuye muri CHOGM bakaba bararushijeho kurukunda nk’uko hari n’ababitangarije ku mbuga nkoranyambaga.

Ku byerekeye akamaro kubohora u Rwanda byarugiriye, Perezida Kagame ashobora kuzakomoza ku iterambere u Rwanda rwagezeho kandi rukomeje kugeraho harimo n’ikibuga  mpuzamahanga cya Bugesera kiri hafi kuzura.

🚨MURARARITSWE🚨

Tubararikiye Ikiganiro cyihariye Perezida Paul Kagame azagirana na RBA ku wa Mbere tariki ya 4 Nyakanga 2022.

Iki kiganiro kizanyura ku bitangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga byacu, guhera saa sita n'igice z'amanywa.

#RBAHostsKagame pic.twitter.com/19gW6PbY5k

— Rwanda Broadcasting Agency (RBA) (@rbarwanda) July 3, 2022

Birashoboka ko mu bibazo by’abaturage, hari bamwe bazamugezaho iby’akarengane bakorewe n’abayobozi , Perezida Kagame abihe umurongo w’uko bizacyemuka.

Ikiganiro Perezida Kagame azatanga kuri uyu wa Mbere taliki 04, Nyakanga, 2022 kizatangira saa sita n’igice z’amanywa.

TAGGED:AbanyarwandaAbaturagefeaturedKagameRBA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Rwanda Haracyekwa Ubwandu Bushya Bwa COVID-19
Next Article Mu Kwizihiza Umunsi Wo Kwibohora, Kwibuka Inyumba Aloysia Birakwiye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?