Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibyo Wamenya Ku Mwarimu Wa Kaminuza Y’U Rwanda Basanze Yapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ibyo Wamenya Ku Mwarimu Wa Kaminuza Y’U Rwanda Basanze Yapfuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 April 2021 10:55 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Dr Isaïe Mushimiyimana yari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda. Bamusanze yapfiriye mu ntebe, iwe mu Karere ka Musanze.  Yari atuye mu murenge wa Musanze muri aka karere.

Apfuye afite imyaka 48 y’amavuko. Umwe mu banyeshuri yigishaga utashatse ko dutangaza amazina ye yatubwiye ko ubwo aheruka kuza kubigisha nta burwayi yagaragazaga.

Ikindi ngo yari aherutse gukora ubukwe vuba aha, kuko yabukoze hagati ya Nzeri n’Ukwakira, 2020.

Nyakwigendera Dr Isaie Mushimiyimana yigishaga ubumenyi bw’ibinyabuzima bito(micro-biologie), ibi bikaba byigishwa mucyo bita Faculté ya Food Science and Technology.

Umugore we yabwiye Igihe ko yasanze umugabo yashizemo umwuka yicaye mu ntebe.

Uyu mugore ngo yari avuye gutunganyisha imisatsi atashye, abibonye nibwo yatabazaga abaturanyi n’ubuyobozi.

Mwarimu Mushimiyimana yari asanzwe yigisha mu Ishami rya Kaminuza y’u Rwanda ryigisha ubuhinzi n’ubworozi ryitwa Institut Supérieur d’Agriculture et d’Elèvage-ISAE Busogo).

TAGGED:AkarerefeaturedKaminuzaMusanzeRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gufata Ibipimo Mu Majyepfo Biri Gutuma Tubona Benshi Banduye-Dr Nsanzimana
Next Article Inyubako ‘Ziteye Nk’Ibigega’ Mu Mishinga Ikomeje Kuzamurwa Ku Kiyaga Cya Kivu (Amafoto)
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

‎Gasabo: Bafatanywe Ibilo 31 By’Urumogi Byavaga i Kirehe Bijya i Muhanga

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?