Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Icyororo Cy’Inkwavu Mu Rwanda Kigiye Kuvugururwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Icyororo Cy’Inkwavu Mu Rwanda Kigiye Kuvugururwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 August 2023 10:56 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi cyatangije igikorwa cyo guha aborozi inkwavu zifite amaraso mashya mu rwego rwo kuvugurura icyororo cy’inkwavu mu Rwanda.

Intego ni ugufasha aborozi b’inkwavu kugwiza umusaruro wazo binyuze mu kugira inkwavu zifite amaraso ashobora guhangana n’indwara bityo bikazirinda impfu za hato na hato.

Ku ikubitiro, aborozi bo mu Turere umunani nibo bahawe inkwavu 48, buri wese atahana eshanu(5).

Muri izo eshanu, ebyiri ni inyagazi n’aho eshatu zikaba impfizi.

Abahawe ziziya nkwavu batoranyijwe hashingiwe ku buryo basanzwe bororamo.

Byari mu rwego rwo kwirinda ko zahabwa abantu batazashobora kuzitaho, bikaba byaziviramo kurwara no gupfa.

Inkwavu zitwa iza Kinyarwanda zihura n’ibibazo by’uko zimwe ziba zarimije izo zivukana hakavuka ibyo abaganga b’amatungo bita ‘amacugane’.

Inyamaswa cyangwa amatungo yose yavutse muri ubwo buryo ntaramba bitewe n’uko akunda kurwaragurika.

Ibi kandi bitubya umusaruro.

Inkwavu zahawe aborozi nyarwanda zavanywe muri Afurika y’Epfo.

Imibare ivuga ko inkwavu zorowe mu Rwanda zirusha ubwinshi intama.

Buri mworozi yahawe inkwavu eshanu
TAGGED:featuredIndwaraInkwavuRwandaUbworozi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ecobank Rwanda Yahawe Umuyobozi Mushya W’Inama Y’Ubutegetsi
Next Article Ibyo Abanyarwanda Bazakumbura Kuri CP Kabera
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Hatangijwe Ubufatanye Mu Kuzamura Ubwinshi N’Ubwiza Bw’Imbuto 

Abatanga Ubutabera Bajye Basura Amahanga Barebe Uko Bigenda-Sosiyete Sivile

Uko RDF Yakiriwe Muri Jamaica

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Nyamasheke: Yakubise Gitifu Amuziza Kumwimisha Inkunga Y’Ibiribwa

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

You Might Also Like

Mu Rwanda

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Uyobora Ikigo Mpuzamahanga Cy’Abagiraneza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tchad: Hadutse Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?