Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Igenzura Ryerekanye Ko Hari Ubuki Bwinshi Ku Isoko Butujuje Ubuziranenge
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Igenzura Ryerekanye Ko Hari Ubuki Bwinshi Ku Isoko Butujuje Ubuziranenge

Last updated: 24 March 2021 10:56 am
Share
SHARE

Ikigo Gishinzwe Ibiribwa n’Imiti, Rwanda FDA, cyatangaje ko mu igenzura kimaze gukora ku buziranenge bw’ubuki, mu bwoko 23 bwagenzuwe bamaze kubonamo butanu butujuje ubuziranenge.

Bitangajwe nyuma y’uko mu minsi ishize iki kigo cyakuye ku isoko ubuki bwa Honey Hive nyuma yo gutahura ko bwongerwamo isukari. Mu bundi bwatahuwemo ikibazo bugiye gukurwa ku isoko ni ubwa Best Honey.

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa Kabiri, umuyobozi muri Rwanda FDA, Alexis Gisagara, yabajijwe n’umunyamakuru wa Taarifa niba ubuki bugaragaza ibibazo bumaze igihe bucuruzwa, bidakwiye gutera impungenge ku buzima bw’abaturage.

Yavuze ko kugira ngo bamenye ko ikiribwa cyangwa ikinyobwa runaka kitujuje ubuziranenge babibwirwa n’umuturage nyuma bakabona gukurikirana. Hari ibicuruzwa byinshi ngo basanga bitujuje ubuziranenge bakabikura ku isoko.

Yatanze urugero ku kinyobwa kitwa Kibamba bakuye ku isoko.

Mu buki 23 bwagenzuwe, Rwanda FDA yasanze icyenda bufite ubuziranenge naho butanu butabufite ariko ngo bwazize aho bwari bubitswe. Ubundi bwoko ngo baracyasuzuma ibyabwo muri za laboratwari.

Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha, Dr Thierry B Murangira, yavuze ko batazahwema gufata abacuruza ibintu byangiza ubuzima bw’Abanyarwanda.

TAGGED:featuredRwanda FDAUbuki
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urukiko Rwemeje Ko Rusesabagina Aburanishwa Adahari
Next Article Sassou Nguesso Yatorewe Indi Manda Nyuma y’Imyaka 36 Ayobora Congo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?