Umugore wiyemeje gutunganya ubuki kugira ngo abugurishe haba mu Rwanda no mu mahanga wari waje mu imurikagurisha ryiswe ‘Le Village de la Femme’ witwa Uwibona Jeanne...
Uwibona Jeanne Sheila afite uruganda rutunganya ubuki rukorera ahitwa Gacuriro avuga ko yashinze uruganda kugira ngo atunganye kandi akabihera ku mitiba, ku nzuki no gukorana n’abavumvu....
Ikigo cy’igihugu gishinzwe imiti n’ibiribwa, Rwanda Food And Drugs Authoriry kimeze gusohora urutonde ruriho ubwoko amazina arindwi y’ubwoko bw’ubuki bwemewe mu Rwanda. Hari hashize iminsi ibiri...
Ikigo Gishinzwe Ibiribwa n’Imiti, Rwanda FDA, cyatangaje ko mu igenzura kimaze gukora ku buziranenge bw’ubuki, mu bwoko 23 bwagenzuwe bamaze kubonamo butanu butujuje ubuziranenge. Bitangajwe nyuma...