Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Igikombe Cy’Isi: Amerika Yihimuye Kuri Iran
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Igikombe Cy’Isi: Amerika Yihimuye Kuri Iran

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 November 2022 7:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nk’uko byari byitezwe, umukino hagati ya Iran n’Amerika wari ishiraniro, aho buri ruhande rwashakaga kubabaza urundi.

Ni umukino wari ukomeye kubera ko warangiye ari igitego 1cy’Ikipe ya Leta zunze ubumwe z’Amerika ku busa bw’iya Iran.

Christina Pulisic niwe watsindiye Amerika igitego cyayishimishije k’uburyo na Visi Perezida w’Amerika Madamu Kamala Harris yayishimye.

Kamala Harris yishimiye intsinzi y’ikipe ye

Ibyamamare nka Lee Bron James na David Beckham ndetse na JJ Watt byahagurutse bishimira ikipe yabo uko yahatambutse.

Umukino hagati ya Iran na Amerika wabereye muri Stade yitwa Al Thumana iri i Doha, Umurwa mukuru wa Qatar.

Pulisic yatsinze igitego akoresheje imbaraga nyinshi kubera ko umunyezamu wa Iran witwar Alireza Beiranvand  yari yakoze uko ashoboye ngo amubambire.

Christian Pulisic asanzwe akinira Chelsea.

Christian Pulisic

Ikipe ya Amerika irangije ari iya kabiri mu itsinda B. Iri inyuma y’u Bwongereza ariko ku wa Gatandatu izakina n’u Buholandi.

Abanyamerika bafite icyizere( nikitaraza amasinde) cy’uko bashobora kuzagera muri ½ cy’iri kigombe nk’uko byigeze kugenda mu mwaka wa 2002.

Amerika yaherukaga guhurira na Iran mu gikombe k’isi mu mwaka wa 1998 ubwo Iran yayitsindaga 2-1.

TAGGED:AmerikaIgikombeImikinoIranIsi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sena Yabajije Polisi Iby’Amakamyo Ya Howo Amaze Iminsi Ahitana Abanyarwanda
Next Article Rwanda: Abadakoresha EBM Batangiye Gufungirwa Business
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Imikino

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

U Rwanda Rwatangiye Amarushamwa Nyafurika Ya Basketball Rutsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?