Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Igikombe Cy’Isi: Amerika Yihimuye Kuri Iran
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Igikombe Cy’Isi: Amerika Yihimuye Kuri Iran

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 November 2022 7:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nk’uko byari byitezwe, umukino hagati ya Iran n’Amerika wari ishiraniro, aho buri ruhande rwashakaga kubabaza urundi.

Ni umukino wari ukomeye kubera ko warangiye ari igitego 1cy’Ikipe ya Leta zunze ubumwe z’Amerika ku busa bw’iya Iran.

Christina Pulisic niwe watsindiye Amerika igitego cyayishimishije k’uburyo na Visi Perezida w’Amerika Madamu Kamala Harris yayishimye.

Kamala Harris yishimiye intsinzi y’ikipe ye

Ibyamamare nka Lee Bron James na David Beckham ndetse na JJ Watt byahagurutse bishimira ikipe yabo uko yahatambutse.

Umukino hagati ya Iran na Amerika wabereye muri Stade yitwa Al Thumana iri i Doha, Umurwa mukuru wa Qatar.

Pulisic yatsinze igitego akoresheje imbaraga nyinshi kubera ko umunyezamu wa Iran witwar Alireza Beiranvand  yari yakoze uko ashoboye ngo amubambire.

Christian Pulisic asanzwe akinira Chelsea.

Christian Pulisic

Ikipe ya Amerika irangije ari iya kabiri mu itsinda B. Iri inyuma y’u Bwongereza ariko ku wa Gatandatu izakina n’u Buholandi.

Abanyamerika bafite icyizere( nikitaraza amasinde) cy’uko bashobora kuzagera muri ½ cy’iri kigombe nk’uko byigeze kugenda mu mwaka wa 2002.

Amerika yaherukaga guhurira na Iran mu gikombe k’isi mu mwaka wa 1998 ubwo Iran yayitsindaga 2-1.

TAGGED:AmerikaIgikombeImikinoIranIsi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sena Yabajije Polisi Iby’Amakamyo Ya Howo Amaze Iminsi Ahitana Abanyarwanda
Next Article Rwanda: Abadakoresha EBM Batangiye Gufungirwa Business
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?