Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: IGP Namuhoranye Araburira Urubyiruko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

IGP Namuhoranye Araburira Urubyiruko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 July 2025 10:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
IGP Namuhoranye aganira n'Indangamirwa i Nkumba.
SHARE

Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda CG Félix Namuhoranye asaba urubyiruko kuzibukira ibibi bakitabira imikorere ishyize mu gaciro, ibahesha ikanahesha igihugu cyabo agaciro.

Yabivugiye mu kiganiro aherutse guha urubyiruko rwitabiriye itorero Indangamirwa ryabaye ku nshuro ya 15 ryaberaga mu kigo cy’igihugu cy’ubutore kiri i Nkumba mu Karere ka Musanze.

Namuhoranye yavuze ko amakuru y’umutekano yerekana ko urubyiruko rukunze kugaragara mu byaha kurusha abantu bakuru, arusaba kuzibukira iyo migirire.

Ati: “ Urubyiruko rukunze kugaragara mu bintu bibi kurusha abantu bakuru, ariko mwe n’abandi nkamwe mukwiye kuba igisubizo, mukita ku bintu bizima”.

Yabagiriye inama yo guhitamo abantu beza bagendana nabo, ababwira ko bikwiye ko bashyira imbaraga mu bikorwa bibazamurira imibereho nka siporo, ubuhanzi no kwihuriza mu matsinda igamije ibyiza.

Abasaba kandi kujya bagisha inama abantu bakuru babatanze kubona ibipfa n’ibikira kugira ngo bababere icyitegererezo.

Ati: “ Amahitamo yanyu niyo azagena imibereho yanyu. Nimuhitemo neza”.

Indangamirwa ni ihuriro ry’urubyiruko ruba mu Rwanda n’uruba mu mahanga, ruhurira i Nkumba rukigishwa indangagaciro nyarwanda no gukunda igihugu.

Abitabiriye iri torero babwirwa ibyiza byo kuba Umunyarwanda no guharanira kubaho mu gaciro gakwiye umuntu.

TAGGED:featuredItoreroNamuhoranyeNkumbaPolisiUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umudipolomate Wo Muri DRC Yafatanywe Ibiyobyabwenge
Next Article Nyamasheke: Batwitse Abantu Babashinja Ubujura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bakisanga Mu Bucakara- Amb Kimonyo 

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Airtel Rwanda Yahawe Umuyobozi Mushya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Hafi Kimwe Cya Kabiri Cy’Ibyo u Rwanda Rwohereza Mu Muhanga Gikomoka Ku Buhinzi- PM Nsengiyumva

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Ntishaka Umusirikare Wayo Ubyibushye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?