Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 May 2025 1:30 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Ikawa y'u Rwanda iri mu zikunzwe ku isi.
SHARE

Imibare yatangajwe n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, yerekana ko ibyo cyohereje hanze hagati y’itariki 05 n’itariki 09, Gicurasi, 2025 ikawa ari yo yaje imbere.

Toni 749 zayo zoherejwe yo zinjirije u Rwanda Miliyoni $ 4,090,544.

Aya aragera kuri Miliyari Frw 5 zirengaho amafaranga macye.

Imwe mu mpamvu nkuru zateye iri zamuka ni uko muri iki gihe abahinzi b’iki gihingwa basaruye cyinshi kandi kikaba cyaratangiye gusarurwa guhera Mata kugeza n’ubu.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Amakuru Taarifa Rwanda ifite avuga ko muri Gicurasi ari bwo iyo kawa yose yatangiye kugurishwa mu mahanga, bituma umusaruro wayo wagurishijwe yo uruta uw’icyayi kandi ari cyo cyari gisanzwe ku isonga.

Icyayi cyo kinjije $ 2,636,865 yavuye muri toni 882 zacyo zoherejwe hanze.

Icyayi ni icya kabiri ariko cyari gisanzwe ari icya mbere mu kwinjiriza u Rwanda.

Imboga zoherejwe mu mahanga ni toni 213 zinjije $ 398,826, uyu musaruro ukaba waroherejwwe mu Bwongereza, Ubufaransa, Ubuholandi, Ubudage, Ubushinwa, Ubutaliyani na Leta zunze z’Abarabu.

Imyembe yera mu Rwanda nayo irakundwa.

Imbuto zoherejwe yo ni toni 345 zinjije $ 258,651, zikaba zaroherejwe muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu.

Indabo u Rwanda rwohereje hanze ni toni eshanu zifite agaciro $ 29,299, zikaba zaroherejwe mu bihugu bya Afurika, Ubwongereza n’Ubuholandi.

- Advertisement -
Indabo ziracyari nke

Ibikomoka ku matungo byo byanganaga na toni 186 bifite agaciro ka $202,306, ibihugu byoherejwemo ni ibituranye n’u Rwanda.

Ikindi ni uko ibyo NAEB yise ‘ibindi bikomoka k’ubuhinzi’ byoherejwe hanze bifite toni 5,275 bifite agaciro ka $ 2,164,306, bikaba byaroherejwe mu bihugu bituranye n’u Rwanda, ibyo muri Afurika no mu gihugu cya Oman.

Ibyo byose byinjirije u Rwanda $ 9,780,797 bipima toni 7,656.

Amafoto@NAEB

TAGGED:featuredIbihingwaIkawaRwandaUbuhinziUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?
Next Article FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?