Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ikibuga cy’Indege cya Kigali Cyahawe Icyemezo Cyo Kwita Ku Buzima Bw’Abagikoresha
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ikibuga cy’Indege cya Kigali Cyahawe Icyemezo Cyo Kwita Ku Buzima Bw’Abagikoresha

admin
Last updated: 26 November 2021 4:59 pm
admin
Share
SHARE

Inama mpuzamahanga y’ibibuga by’indege (ACI) yahaye Ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali icyemezo gihamya ko giha agaciro ubuzima bw’abagikoreraho, abagenzi bagikoresha n’abagisura.

Ni icyemezo cyatanzwe nyuma y’isuzuma rikorwa muri gahunda yiswe ACI Health Accreditation. Ni icyemezo gifite agaciro gakomeye bijyanye n’ibihe bigoye mu by’ubuzima kubera icyorezo cya COVID-19.

Ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe Ibibuga by’Indege mu Rwanda, bwatangaje ko “Iki cyemezo gishimangira ko Ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali cyita cyane ku buzima bw’abakora ku kibuga cy’indege, abagenzi n’abagisura.”

Guhabwa icyo cyemezo ngo byatewe n’uburyo iki kigo cyitaye ku kubahiriza amabwiriza atangwa na ACI, amabwiriza ajyanye no gusubukura ibikorwa muri ibi bihe by’icyorezo cya COVID-19 n’andi agenda atangwa n’Ikigo mpuzamahanga gishinzwe iby’indege za Gisivili, ICAO.

Mu mabwiriza yubahirizwa ku Kibuga cy’Indege cya Kigali ni uko abagikoresha baba bapimwe COVID-19, ndetse iyo bakigendaho bapimwa umuriro.

Biteganywa ko iki cyemezo kizageza ku wa 25 Ugushyingo 2020.

Gitangwa ku bibuga by’indege bisaga 400.

Kigali International Airport (KIA) has been reaccredited with the ACI Health Accreditation.
The ACI Health Accreditation program proves that KIA has seriously considered the health of all staff working at the airport, passengers and visitors.

— Rwanda Airports (RAC) (@RwandaAirports) November 26, 2021

TAGGED:COVID-19Ikibuga cy'IndegeKigali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia Yagaragaye Ayoboye Urugamba
Next Article Ingendo Nyinshi z’Indege Zahagaritswe Kubera Coronavirus Yihinduranyije
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?