Ikipe Y’Abanyarwandakazi Bakina Basket Batsinze Argentina 

Muri BK Arena haraye habereye umukino wa Basketball wahuje Ikipe ya Basketball y’u Rwanda niya Argentina urangira u Rwanda rutsinze ku manota 61-36.

Uyu mukino wari witabiriwe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame na Madamu we Jeanette Kagame.

Ni irushanwa rya Shampiyona ya Basketball ry’abagore ryitwa 2026 FIBA Women’s World Cup.

Perezida Kagame yaje kuwureba

Ryitabiriwe n’amakipe umunani akaba arushanirwa Igikombe cy’abagore kizaba mu mwaka wa Werurwe, 2026.

Kagame kandi yitabiriye umukino wahuje Lebanon n’Ubwongereza.

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version