Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ikiraro Gihuza Muhanga Na Gakenke Cyasenywe N’Abaturage Cyubatswe Na RDF
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ikiraro Gihuza Muhanga Na Gakenke Cyasenywe N’Abaturage Cyubatswe Na RDF

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 April 2022 11:26 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abatuye Umurenge wa Rongi mu Karere ka Muhanga n’abatuye Umurenge wa Ruli muri Gakenke bongeye kugendererana nyuma y’uko  mu ntangiriro z’uyu mwaka hari abaturage bagisenye ngo babone uko bazajya bambutsa abantu babishyure.

Bidateye kabiri hari abantu barohamye ubwo ubwato bwagonganaga ari mu rukerera.

Kuva icyo gihe inzego z’umutekano n’iz’ubuyobozi zarateranye zemeranya ko kiriya kiraro kiba gifunzwe kugira ngo hubakwe ikindi.

Mu minsi ishize cyaruzuye, inzego zongera guhuza abaturage zibasaba kukibungabunga kugira ngo kitazangirika bikongera kubagiraho ingaruka.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Ishami ry’ingabo z’u Rwanda niryo ryasannye iki kiraro

Mu Karere ka Muhanga  mu Murenge wa Rongi naho haraye habereye  inama yahuje ubuyobozi bw’uyu Murenge n’ubw’Umurenge wa Ruli muri Gakenke

Abaturage bafatiye hamwe ingamba zo ‘kugikoresha neza no kugicungira umutekano’ hirindwa ko cyongera kwangizwa bigatuma ubuhahirane buhagarara.

Ubwo iriya mpanuka yabaga, Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo n’iy’Amajyaruguru bwanzuye ko  nta bwato bw’ibiti budafite moteri bwemerewe kwambutsa abantu mu ruzi rwa Nyabarongo.

Hari nyuma y’iriya mpanuka yatumye umugabo witwa Epimaque Niyonteze ahaburira ubuzima ndetse n’umurambo we ubanza kubura.

Ikiraro cyacitse ni ikiraro cya Gahira gihuza Akarere ka Muhanga n’Akarere ka Gakenke.

- Advertisement -

Cyaciwe n’abantu 15 ariko nyuma yabyo gato hafashwemo abantu 13.

Kugisana byakozwe n’Ishami ry’ingabo z’u Rwanda rishinzwe gusana ibikorwa remezo, ryitwa RDF Engineering Brigade.

Abaturage batangiye guhahirana
Inka nke zitabyigana zishobora kwambuka
TAGGED:featuredGakenkeIkiraroIngaboMuhangaRDF
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Ni Urwa Kabiri Muri Afurika Yo Munsi Ya Sahara Aho Abagore Bahabwa Amahoro ‘Ntibakubitwe’-Raporo
Next Article Gasabo: Mu Rwibutso Rwa Ruhanga Hashyinguwe Imibiri Iherutse Kuboneka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?