Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ikiraro Gihuza Muhanga Na Gakenke Cyasenywe N’Abaturage Cyubatswe Na RDF
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ikiraro Gihuza Muhanga Na Gakenke Cyasenywe N’Abaturage Cyubatswe Na RDF

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 April 2022 11:26 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abatuye Umurenge wa Rongi mu Karere ka Muhanga n’abatuye Umurenge wa Ruli muri Gakenke bongeye kugendererana nyuma y’uko  mu ntangiriro z’uyu mwaka hari abaturage bagisenye ngo babone uko bazajya bambutsa abantu babishyure.

Bidateye kabiri hari abantu barohamye ubwo ubwato bwagonganaga ari mu rukerera.

Kuva icyo gihe inzego z’umutekano n’iz’ubuyobozi zarateranye zemeranya ko kiriya kiraro kiba gifunzwe kugira ngo hubakwe ikindi.

Mu minsi ishize cyaruzuye, inzego zongera guhuza abaturage zibasaba kukibungabunga kugira ngo kitazangirika bikongera kubagiraho ingaruka.

Ishami ry’ingabo z’u Rwanda niryo ryasannye iki kiraro

Mu Karere ka Muhanga  mu Murenge wa Rongi naho haraye habereye  inama yahuje ubuyobozi bw’uyu Murenge n’ubw’Umurenge wa Ruli muri Gakenke

Abaturage bafatiye hamwe ingamba zo ‘kugikoresha neza no kugicungira umutekano’ hirindwa ko cyongera kwangizwa bigatuma ubuhahirane buhagarara.

Ubwo iriya mpanuka yabaga, Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo n’iy’Amajyaruguru bwanzuye ko  nta bwato bw’ibiti budafite moteri bwemerewe kwambutsa abantu mu ruzi rwa Nyabarongo.

Hari nyuma y’iriya mpanuka yatumye umugabo witwa Epimaque Niyonteze ahaburira ubuzima ndetse n’umurambo we ubanza kubura.

Ikiraro cyacitse ni ikiraro cya Gahira gihuza Akarere ka Muhanga n’Akarere ka Gakenke.

Cyaciwe n’abantu 15 ariko nyuma yabyo gato hafashwemo abantu 13.

Kugisana byakozwe n’Ishami ry’ingabo z’u Rwanda rishinzwe gusana ibikorwa remezo, ryitwa RDF Engineering Brigade.

Abaturage batangiye guhahirana
Inka nke zitabyigana zishobora kwambuka
TAGGED:featuredGakenkeIkiraroIngaboMuhangaRDF
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Ni Urwa Kabiri Muri Afurika Yo Munsi Ya Sahara Aho Abagore Bahabwa Amahoro ‘Ntibakubitwe’-Raporo
Next Article Gasabo: Mu Rwibutso Rwa Ruhanga Hashyinguwe Imibiri Iherutse Kuboneka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwamagana: Ubuyobozi Bwamurikiwe Igishanga Gitunganyijwe Cya Cyaruhogo

Kenya Yashyizeho Icyunamo Cy’Iminsi Irindwi Bunamira Odinga

Gasabo: Bafatanywe Urumogi Rwuzuye Umufuka

Abanyarwanda Tugomba Kubaho Kuko Ni Impano Y’Imana- Kagame

Netanyahu Yavuze Ko Niba Hamas Itamanitse Amaboko Ijuru Rizayigwira

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Iteramakofe: Mukazayire Yasabye Ikipe Y’u Rwanda Kuzatahana Imidali

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Madagascar: Ingabo Zafashe Ubutegetsi 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?