Ibyishimo ni byinshi ku baturage b’Umurenge wa Ruli muri Gakenke n’uwa Rongi muri Muhanga nyuma y’uko ikiraro cyambuka Nyabarongo giciye mu kirere cyuzuye. Kizabafasha guhahirana, kwivuza...
Nyuma y’uko ibiraro bibiri byahuzaga Akarere ka Muhanga n’Akarere ka Gakenke bisenywe n’ibiza, Guverinoma y’u Rwanda igeze kure yubaka ikiraro kinyura mu kiere kizahuza ibi bice...
Hejuru y’umugezi wa Mwogo hubatswe ikiraro gica hejuru yawo kigahuza Akarere ka Nyanza n’Akarere ka Nyamagabe. Gifite uburebure bwa metero 150 kikaba gifite agaciro ka Miliyoni...
Abatuye Umurenge wa Rongi mu Karere ka Muhanga n’abatuye Umurenge wa Ruli muri Gakenke bongeye kugendererana nyuma y’uko mu ntangiriro z’uyu mwaka hari abaturage bagisenye ngo...
Mu rwego rwo kwishakamo ibisubizo, abaturiye ikiraro gisanzwe gihuza Umurenge wa Rugalika n’Umurenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi baherutse guhuza amaboko batinda ikiraro cyari giherutse...