Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ikirego KNC Yareze Umusifuzi Cyanzwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Ikirego KNC Yareze Umusifuzi Cyanzwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 February 2023 6:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ishyirahamwe  ry’umupira w’amaguru mu Rwanda  ryasubije umuyobozi wa Gasogi United witwa KNC ko ikirego yareze umusifuzi wasifuye umukino ikipe ye yakinnye na Rayon Sports nta shingiro gifite.

Wari umukino w’umunsi wa 20 wa Shampiyona y’u Rwanda warangiye Rayon Sports itsinda Gasogi United 2-1.

Nyuma gato y’uko urangiye, umuyobozi wa Gasogi United, KNC, yatanze  ikirego muri FERWAFA avuga ko  Nsabimana Céléstin wawusifuye atakoresheje ubutabera mu misifurire ye, arahengama.

KNC yavuze ko ikirego cye agifitiye ibihamya.

Ibyo bihamya nibyo FERWAFA yagenzuye binyuze mu Kanama Nkemurampaka isanga nta shingiro bifite.

Amakuru avuga ko ubuyobozi bwa FERWAFA bwasubije KNC ko agomba kwemera ibyavuye muri uriya mukino ndetse ntiyongere gushidikanya ku misifurire inoze yawo.

N’ubwo ari uko KNC yasubijwe, hashize igihe abakunda umupira w’amaguru mu Rwanda banenga imisifurire ya bamwe mu basifuzi.

Kugeza ubu urutonde rwa Shampiyona rugaragaza ko Rayon Sports iri ku mwanya wa kabiri n’amanota 39 n’aho Gasogi United ikaba ku mwanya wa gatanu n’amanota 36.

TAGGED:AmaguruFERWAFAGasogiKNCRayonUmupira
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubutumwa RAB Yageneye Aborora Ingurube
Next Article 2023: Mu Mushyikirano Hazatangarizwa Ibyavuye Mu Ibarura Rusange
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

Umukinnyi Ukomeye Wa Kepler WBBC Yaguzwe Na REG WBBC

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

You Might Also Like

Imikino

Amakipe Ya Volley Azahatanira Igikombe Cy’Intwari Yamenyekanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rayon Yaguze Uwakiniraga Mukura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

U Rwanda Rwatsinze Uganda Mu Mikino Ya Handball

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

FERWAFA Yiyemeje Gukorana Na Mauritania 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?