Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ikirunga Cyaraye Kiruka Ni Nyiragongo, Cyabihagaritse…
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ikirunga Cyaraye Kiruka Ni Nyiragongo, Cyabihagaritse…

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 May 2021 6:17 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hari abaturage bo muri Repubulika ya Demukakarasi ya Congo baraye bahungiye mu Rwanda banga gutwikwa n’amahindure y’ikirunga Nyiragongo.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu nibwo amakuru avuguruzanya y’uko hari ikirunga cyarukaga yacicikanye, bamwe bavuga Nyiragongo abandi bavuga Nyamuragira.

Amakuru atangwa na RBA avuga ko kiriya kirunga cyarekeye aho kuruka ahagana saa kenda z’ijoro.

Avuga kandi ko hari abaturage ba Congo bahungiye mu Rwanda barenga 6000 ariko ngo ubu bari gusubira iwabo.

Ikibazo kikiri muri kariya gace ni uko hari kumvikana umutingo.

Meya w’Akarere ka Rubavu Bwana Gilbert Habyarimana avuga ko kiriya kirunga kitageze mu Rwanda ahubwo cyarukiye nko muri metero 300 utarinjira mu Rwanda.

Nyiragongo yagerukaga kuruka muri 2002 icyo gihe ikiba yarishe abantu 200 isenya 20% by’Umujyi wa Goma.

TAGGED:featuredIkirungaNyiragongoRubavu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hari Ikirunga Gituriye U Rwanda ‘Kiri Kuruka’
Next Article Urubyiruko Rwa FPR Mu Muganda Wo Kuremera Umupfakazi Wa Jenoside
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Menya Ahaza Kurasirwa Ibishashi Birangiza 2025

Muhanga: Umunyamategeko Yakatiwe Gufungwa Imyaka 15

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Bunyoni Ararembye

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rutaremara Agaya Ababyeyi Bahariye Abayaya Uburere Bw’Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyeshuri Barasubira Ku Ishuri Guhera Kuri Uyu Wa Gatandatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Kamonyi: Abagabo Bahaye Umwana Inzoga Bose Irabica

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinée: Doumbouya Yatsinze Amatora 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?