Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imbere Y’Amahanga Tshisekedi Yashimagije Wazalendo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Imbere Y’Amahanga Tshisekedi Yashimagije Wazalendo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 November 2023 8:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru wa DRC yaraye abwiye Radio RFI na France 24 ko abasore bagize umutwe wa Wazalendo ari intwari z’igihugu cye. Uyu mutwe ariko ushinjwa kwica abaturage ba DRC bavuga Ikinyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi kandi ntaho bahuriye na Politiki ya kiriya gihugu.

Mu buryo bw’ikoranabuhanga, Perezida Félix Tshisekedi yabwiye biriya bitangazamakuru mpuzamahanga by’Abafaransa ko Wazalendo nta bwicanyi ikora ahubwo irwana ku gihugu.

Yagize ati: “ Nta bwicanyi Wazalendo bakora mu rugamba bahanganyemo na M23. Wazalendo ni intwari z’igihugu bararwanirira ubutaka bwabo n’igihugu cyabo.”

Avuga ko abayigize barwanira ukuri kandi bakabikorana ‘umwete w’akataraboneka.’

Ngo si abicanyi nka M23!

Perezida Félix Tshisekedi atangaje ibi mu gihe ku wa 16, Ugushyingo, 2023, muri teritwari ya Nyiragongo hari abahatuye bakoze imyigaragambyo bamagana Wazalendo.

Bayishinjaga ubwicanyi, ubujura, gukora urugomo no kwitwaza imbunda batazizi kuko muri bo hari abarasa amasasu uko babonye.

Mu kwezi gushize( Ukwakira) aba Wazalendo bashinjwe kwica no gushimuta abantu mu Mujyi wa Goma harimo umwana w’imyaka 13 w’umukobwa nyuma baje no kwica.

Mu Cyumweru gishize, M23 yasohoye itangazo ryamagana ubwicanyi ishinja Wazalendo bwaguyemo  abasivile 13 mu gace ka Bambo ho muri Chefférie ya Bwito muri Teritwari ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Kuva imirwano yongera kubura mu Ukwakira, 2023,  Wazalendo yashinjwe kwica no gutotoza abaturage bo mu bwoko bw’Abatutsi ndetse nta gihe kinini gishize abarwanyi bayo bashinjwe gutwika  inzu z’Abatutsi mu gace ko Ku Nturo muri Masisi.

TAGGED:featuredM23TshisekediWazalendo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Musanze –Gakenke: Bahawe Imbuto Y’Ibigori Bizezwa Ko Izamera Biranga
Next Article Umunyarwanda Gatwa Yatowe Nk’Umugabo W’Umwaka Mu Bwongereza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?