Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imikino Y’Umupira W’Amaguru Mu Bwongereza Yahagaritswe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Imikino Y’Umupira W’Amaguru Mu Bwongereza Yahagaritswe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 September 2022 1:07 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Inzego ziyobora umupira w’amaguru mu Bwongereza zatangaje ko amarushanwa ya Premier League na English Football League abaye ahagaze kubera ko igihugu cyose n’isi muri rusange bari mu cyunamo cy’urupfu rw’Umwamikazi w’u Bwongereza Elizabeth II waraye utanze.

Guverinoma y’u Bwongereza yavuze ko bibaye ngombwa ko ifata icyo cyemezo kitoroshye.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu kandi abayobozi b’amakipe yitabira ariya marushanwa bahuye bunamira umwamikazi Elisabeth II.

Umuyobozi wa Premier League witwa Richard Masters yavuze ko imikino yose yari iteganyijwe mu mpera z’iki Cyumweru harimo n’iyari buzakinwe ku wa Mbere Taliki 12, Nzeri, 2022 ibaye ihagaritswe.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Itangazo

Abayobozi bavuga ko igihe igihugu kirimo bikomeye bityo ko imikino igomba kuba ihagaze kugeza igihe kizatangazwa nyuma.

The Mail yanditse ko kuba hari imikino isubitswe, bizagira ingaruka ku migendekere ya Shampiyona kuko nta byumweru biri hagati byazakoreshwa nk’inzibacyuho.

Elisabeth II yatanze( gutabaruka) afite imyaka 96 y’amavuko muri yo igera kuri 70 akaya yari ayimaze ku ngoma.

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame ari mu Bayobozi b’ibihugu byo ku isi bafashe mu mugongo ab’ibwami mu Bwongereza ndetse n’abagize Umuryango Commonwealth kubera urupfu rw’umwamikazi Elisabeth II.

Kuri uyu wa Kane abo mu ngoro y’Umwamikazi w’u Bwongereza bavugaga ko uyu mubyeyi ugeze mu zabukuru, ari mu bitaro kandi ko abaganga bahangayikiye ubuzima bwe.

- Advertisement -

Ku myaka 96 y’amavuko, niwe muntu wayoboye u Bwongereza igihe kirekire kugeza ubu.

TAGGED:BwongerezafeaturedImikino
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article 80.5% By’Abanyarwanda Batanga Mutuelle De Santé -RSSB
Next Article Israel Irashaka Kwirukana ‘Abakongomani’ Ku Butaka Bwayo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?