Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imirwano Mu Bitaro Bya Nyarugenge
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Imirwano Mu Bitaro Bya Nyarugenge

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 November 2023 6:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amashusho yashyize kuri X na RadioTV10  arerekana imirwano hagati y’umugabo bivugwa ko yari agiye kureba umugore we wabyaye abazwe, ariko umusikirite amubera ibamba.

Byaje kuvamo gufatana mu mashati, abandi barwaza baza gushungera.

Amajwi yumvikana muri iyo video ni ay’abarwaza bamagana uwo musekirite bavuga ko ari guhohotera uwo mugabo wari uje gusura umugore we wibarutse.

Muri @CityofKigali mu bitaro bya Nyarugenge habereye imirwano yahuje Umusekirite n’umurwaza .
Ni nyuma yuko umurwaza yashakaga kujya mu bitaro kungufu kureba umugore we wari wabyaye abazwe.

Uyu murwaza avuga ko hari hashize amasaha ane , umugore we ntacyo arashyira mu nda.… pic.twitter.com/8kMklgajXc

— RadioTv10 Rwanda (@Radiotv10rwanda) November 12, 2023

Uwo murwaza yaganiriye na bagenzi bacu ababwira ko yari agiye kureba umugore we wari umaze amasaha ane abyaye ariko ashonje ntacyo arashyira mu nda.

Birumvikana ko hari icyo yari amugemuriye.

Ikindi ni uko hari n’abandi barwaza bangiwe kuhinjira kubera ko kuhinjira bisaba kubanza gutanga ‘akantu.’

Babwiye bagenzi bacu ko banenga imitangirwe ya serivisi muri biriya bitaro bya Nyarugenge cyane cyane bakanenga abasekirite b’aho kuko ngo nta murwaza upfa kwinjira uko abonye adatanze ako kantu.

Ubuyobozi bw’ibi bitaro bwabwiye RadioTV 10 ko iby’uko bitanga serivisi mbi ari ibinyoma kandi ko bagiye gukurikirana iby’iyo mirwano hagati y’umugabo wari uje kuramira umugore we wabyaye n’umusekirite.

TAGGED:IbitaroImirwanoKubyaraNyarugengeRwandaUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abatuye Goma Basabwe Kuba Maso Kubera Ikirunga Cya Nyamuragira
Next Article Mika: Robo Y’Umugore Ya Mbere Ku Isi Iyobora Ikigo Cy’Ubucuruzi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Menya Ahaza Kurasirwa Ibishashi Birangiza 2025

Muhanga: Umunyamategeko Yakatiwe Gufungwa Imyaka 15

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Bunyoni Ararembye

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rutaremara Agaya Ababyeyi Bahariye Abayaya Uburere Bw’Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyeshuri Barasubira Ku Ishuri Guhera Kuri Uyu Wa Gatandatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Kamonyi: Abagabo Bahaye Umwana Inzoga Bose Irabica

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Kagame Yishimira Ko Inzego Z’Umutekano Z’u Rwanda Zihagaze Bwuma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?