Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imirwano Mu Bitaro Bya Nyarugenge
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Imirwano Mu Bitaro Bya Nyarugenge

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 November 2023 6:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amashusho yashyize kuri X na RadioTV10  arerekana imirwano hagati y’umugabo bivugwa ko yari agiye kureba umugore we wabyaye abazwe, ariko umusikirite amubera ibamba.

Byaje kuvamo gufatana mu mashati, abandi barwaza baza gushungera.

Amajwi yumvikana muri iyo video ni ay’abarwaza bamagana uwo musekirite bavuga ko ari guhohotera uwo mugabo wari uje gusura umugore we wibarutse.

Muri @CityofKigali mu bitaro bya Nyarugenge habereye imirwano yahuje Umusekirite n’umurwaza .
Ni nyuma yuko umurwaza yashakaga kujya mu bitaro kungufu kureba umugore we wari wabyaye abazwe.

Uyu murwaza avuga ko hari hashize amasaha ane , umugore we ntacyo arashyira mu nda.… pic.twitter.com/8kMklgajXc

— RadioTv10 Rwanda (@Radiotv10rwanda) November 12, 2023

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Uwo murwaza yaganiriye na bagenzi bacu ababwira ko yari agiye kureba umugore we wari umaze amasaha ane abyaye ariko ashonje ntacyo arashyira mu nda.

Birumvikana ko hari icyo yari amugemuriye.

Ikindi ni uko hari n’abandi barwaza bangiwe kuhinjira kubera ko kuhinjira bisaba kubanza gutanga ‘akantu.’

Babwiye bagenzi bacu ko banenga imitangirwe ya serivisi muri biriya bitaro bya Nyarugenge cyane cyane bakanenga abasekirite b’aho kuko ngo nta murwaza upfa kwinjira uko abonye adatanze ako kantu.

Ubuyobozi bw’ibi bitaro bwabwiye RadioTV 10 ko iby’uko bitanga serivisi mbi ari ibinyoma kandi ko bagiye gukurikirana iby’iyo mirwano hagati y’umugabo wari uje kuramira umugore we wabyaye n’umusekirite.

- Advertisement -
TAGGED:IbitaroImirwanoKubyaraNyarugengeRwandaUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abatuye Goma Basabwe Kuba Maso Kubera Ikirunga Cya Nyamuragira
Next Article Mika: Robo Y’Umugore Ya Mbere Ku Isi Iyobora Ikigo Cy’Ubucuruzi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?