Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: ‘Imiterere N’Imikorere’ Ya Polisi Y’U Burundi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

‘Imiterere N’Imikorere’ Ya Polisi Y’U Burundi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 May 2021 12:03 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku wa Kane tariki 26, Gicurasi, 2021 Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yahuye n’abayobozi bakuru mu Ngabo z’u Burundi. Icyo gihe yari yambaye impuzankano ya gisirikare.

Kuri uyu wa Gatanu, tariki 28, Gicurasi, 2021 yahuye n’abayobozi bakuru ba Polisi y’u Burundi arabaganiriza, abasaba gukomeza umurava bafite mu kazi kabo.

Perezida Evariste Ndayishimiye akaba ari n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’u Burundi Evariste Ndayishimiye  yai aherutse guhura n’abasirikare bakuru mu ngabo ze baganira uko ibibazo y’umutekano bihagaze mu gihugu cye.

Yabashimiye akazi bakora ariko abasaba gukomereza ho bakubaka igihugu.

Polisi y’u Burundi iteye ite? Ikora Ite?

Polisi y’u Burundi, nk’uko izwi ubu, yashinzwe mu Ukuboza 2004 nyuma y’Amasezerano y’amahoro yasinywe i Arusha.

Insingano zayo zanditse zirimo kwimakaza umutuzo mu mu baturage n’ibyabo kandi ikarwanya ‘abakora iterabwoba.’

Polisi y’u Burundi( Police Nationale Burundaise, PNB) igabanyijemo ibice bitandukanye.

Hari Polisi ishinzwe umutekano w’abaturage ariko ku butaka, iyi yitwa nu Gifaransa: Police de Sécurité Intérieure

Hari kandi Polisi ishinzwe umutekano wo mu Kirere cy’u Burundi iyo bita Police de l’Air.

Polisi y’u Burundi kandi ifite igice gishinzwe kurinda imipaka no kwirinda abanyamahanga bashaka guhungabanya umutekano Police des frontières et des étrangers.

Abapolisi b’u Burundi mu mwaka wa 2015 ubwo bari bahanganye n’abigaragambyaga bamagana indi manda ya Pierre Nkurunziza

Igice cya nyuma cya Polisi y’u Burundi gishinzwe gucunga umutekano mu magereza, iki gice bakita Police Pénitentiaire.

Abapolisi b’u Burundi bose bakoresha imbunda zo mu bwoko bwa AK 47.

Komiseri Mukuru wa Polisi y’u Burundi yitwa  André Ndayambaje.

Perezida Ndayishimiye aherutse kuganiriza abapolisi bakuru
Bamwe mu bapolisi bakuru bamuteze amatwi bandika iby’ingenzi byaganirwagaho
TAGGED:BurundifeaturedNdayishimiyePNBPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Vivo Energy Rwanda Yongereye Imbaraga Mu Buryo Abakiliya Babona Serivisi
Next Article Hadutse ‘Ubundi Bwoko’ Bwa COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?