Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imiyoborere Y’u Rwanda Ni Ijwi Rivugira Afurika- Priti Patel
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Imiyoborere Y’u Rwanda Ni Ijwi Rivugira Afurika- Priti Patel

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 April 2022 1:37 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga muri Guverinoma y’u Bwongereza ushinzwe umutekano muri kiriya gihugu Madamu Priti Patel nyuma yo gusinya amasezerano y’imikoranire y’igihugu cye n’u Rwanda mu by’abimukira, yashimye ko imiyoborere y’u Rwanda yabereye ijwi Umugabane w’Afurika.

Yagize ati: “ Nishimiye kuba ndi inaha. Ubwongereza bwishimiye gukorana bya hafi n’u Rwanda kandi nzi neza ko iki gihugu kiyoboye haba mu karere kirimo ndetse n’ahandi ku isi. Ijwi ry’u Rwanda rivugira n’Afurika yose.”

Today 🇬🇧 Home Secretary Priti Patel and 🇷🇼 Foreign Minister Vincent Biruta signed a groundbreaking Migration and Economic Development Partnership in Kigali. pic.twitter.com/798IxVBKuM

— UK in Rwanda 🇬🇧🇷🇼🇧🇮 (@UKinRwanda) April 14, 2022

Patel avuga ko imikoranire hagati y’u Bwongereza n’u Rwanda izafasha mu guhangana n’ikibazo cy’abimukira kandi ngo yizeye ko u Rwanda ruzarinda kandi rukabungabunga abo bimukira.

Nta taliki iramenyekana n’igihe bazagerera i Kigali.

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta yavuze ko u Rwanda ruzakomeza gukurikiza amategeko mpuzamahanga yo kwita ku mpunzi n’abimukira.

Avuga ko abimukira cyangwa impunzi ari abantu nk’abandi kandi ko baba bacyeneye ahantu batekanye kugira ngo barebe ko babona imibereho bataboneye mu bihugu bakomokamo.

Abimukira Ba Mbere Baturutse Mu Bwongereza ‘Bari Hafi’ Kugera Mu Rwanda

TAGGED:AbimukiraBirutaBwongerezafeaturedPatelRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Twitter ‘Igiye’ Kugurwa N’Umukire Wa Mbere Ku Isi
Next Article Buhigiro Wacuranze Indirimbo ‘Amafaranga Yo Gatsindwa’ Yitabye Imana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?