Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imodoka Rusange Zategetswe Gutwara Abagenzi 50%
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Imodoka Rusange Zategetswe Gutwara Abagenzi 50%

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 March 2021 4:50 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko imodoka rusange zitwara abagenzi zizajya zitwara gusa 50% y’ubushobozi bwazo5, mu ngamba nshya zo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Covid-19.

Ni icyemezo gifashwe nyuma y’iminsi izi modoka rusange zitwara abagenzi 75% ugereranyije n’ubushobozi bw’imodoka.

Itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Intebe Dr Édouard Ngirente, rivuga ko izi modoka zitagomba noneho kurenza 50%.

Rikomeza riti “Abatwara za bisi barasabwa kugenzura ko abagenzi bahana intera, kandi bagatwara gusa abambaye agapfukamunwa.”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Inama y’abaminisitiri yo ku wa 15 Werurwe yashimangiye igipimo cya 75%, nk’uko cyemejwe mu yo ku wa 19 Gashyantare.

Uwo mubare wari wazamuwe nyuma y’uko inama yo ku wa 2 Gashyantare 2021 yemeje ko batagomba kurenga 50%.

TAGGED:AbagenziBusfeaturedGutwaraGuverinomaNgirente
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingamba Nshya Kuri COVID-19:Mu Majyepfo Gahunda Ni Saa Moya Mu Rugo
Next Article Ibihugu Bigize AU Bigiye Guhabwa Inkingo Miliyoni 400 Za COVID-19 Za Johnson & Johnson
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?