Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Impanuka Ikomeye Ibereye i Rubavu Abantu Batatu Bamaze Gupfa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Impanuka Ikomeye Ibereye i Rubavu Abantu Batatu Bamaze Gupfa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 August 2022 11:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Karere ka Rubavu hafi ya Hotel yitwa Kivu Peace Hotel habereye impanuka ikomeye. Abantu batatu mu bari muri coaster nibo twamenye ko bahasize ubuzima ariko haracyakora ubutabazi.

Icyakora amafoto arerekana ko umubare w’abapfuye ushobora kuza kuba munini.

Abantu batatu nibo twamenye ko bahasize ubuzima ariko hari n’abandi bakomeretse bikomeye

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda  Ishami ry’Umutekano wo mu muhanda Senior Superintendent of Police( SSP) René Irere yabwiye Taarifa ko ikamyo yamanukaga, coaster yo izamuka.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ishami ry’umutekano mu muhanda, Senior Superintendent of Police, (SSP) Réne Irere

Icyakora ngo ubu hari gukorwa ubutabazi, nyuma akaza kutubwira uko ibintu bihagaze…

Muri iki gitondo mu karere ka @RubavuDistrict habereye impanuka y'imodoka y'ikamyo ifite plaque RAC 425 U yamanukaga ijya mu mujyi wa Gisenyi ibuze feri igonga imodoka ya Virunga ifite plaque RAC 758 U.

Ibindi kuri iyi nkuru turabibagezaho mu kanya.#RwOT pic.twitter.com/0Zq9bH35Be

— @Iriba News (@iribanews) August 2, 2022

Turakurikirana iyi nkuru…

TAGGED:featuredImpanukaIrerePolisiRubavu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuganura: Umwe Mu Minsi Ikomeye Mu Mateka Y’Abanyarwanda
Next Article Perezida Uhuru Ati: “ Nimutora Ruto Muzabage Mwifashe”
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Bigoranye Police FC Yakuye Ku Izima APR FC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?