Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: ImpanukaY’Indege Yahitanye Abantu 40
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

ImpanukaY’Indege Yahitanye Abantu 40

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 January 2023 10:21 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imibare y’agateganyo ivuga ko abantu 40 ari bo bamaze kubarurwa ko  bapfiriye mu mpanuka y’indege yabereye muri Nepal.

Iriya ndege yari irimo abantu 72, ikaba yavaga muri Nepal rwagati ijya Pokhara hamwe mu hantu h’ubukerarugendo muri kiriya gihugu.

Impanuka y’iyi ndege yabaye ubwo yajyaga kugwa.

Mu bantu 72 bari bayirimo abagera kuri 15 bari abanyamahanga.

Abasirikare ba Nepal bari gukora uko bashoboye ngo batabare abo basanze bakiri bazima.

Icyakora hari impungenge ko abarokotse  ari bake kuko indege yangiritse cyane.

Umuvugizi w’Ingabo za Nepal avuga ko abasirikare bari gukora uko bashoboye ngo barokore benshi ariko uko igihe gitambuka ni ko amahirwe yo gusanga hari  abagihumeka agabanuka.

Minisitiri w’Intebe wa Nepal witwa  Pushpa Kamal Dahal  yahise atumiza inama y’Abaminisitiri igitaraganya kandi asaba inzego zose gukorana kugira ngo batabare bariya bantu uko bishoboka kose.

Bivugwa ko mu bantu bari bari muri iriya ndege, abagera kuri 53 ari abanya Nepal.

Abandi ni abo mu Buhinde, u Burusiya, Koreya y’Epfo, Ireland, Australia Argentine n’u Bufaransa.

Nepal ni igihugu gito kiri mu Majyaruguru y’u Buhinde

 

TAGGED:featuredImpanukaIndegeIngaboNepal
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uganda: Leta Irashaka Kugura Imodoka ‘Nshya’ Z’Umukuru W’Igihugu
Next Article Urukiko Rwatesheje Agaciro Ibyaregwaga Abaganga B’Ibitaro BAHO International
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?