Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Impunzi Z’i Goma Zugarijwe N’Indwara Ya Macinya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

DRC: Impunzi Z’i Goma Zugarijwe N’Indwara Ya Macinya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 November 2024 7:51 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuryango w’abaganga batagira umupaka bita Médecins Sans Frontières (MSF) uratabariza impunzi ziba mu nkambi z’i Goma ko zugarijwe n’indwara Abanyarwanda bita Macinyamyambi.

Kutagira amazi ahagije nibyo ntandaro yayo.

Iyo ndwara mu Cyongereza bita Cholera irangwa no guhitwa amaraso bigatuma abayirwaye batakaza amazi menshi ndetse igahitana bamwe mu bo biganjemo abana.

Abaganga bo muri MSF bavuga ko kugira ngo abugarijwe nayo batabarwe bisaba ko Leta n’abandi bagiraneza begereza abo baturage amazi n’imiti kandi ku kigero gihagije.

Kuba ababa muri ziriya nkambi badafite amazi ahagije bibashyira mu kaga ko kurya no kunywa umwanda ndetse bakanawuraramo.

Umuyobozi wa MSF muri Kivu y’Amajyaruguru witwa Natalie Torrent yabwiye Radio Okapi ko ubuzima bariya bantu babayemo buteye inkeke.

Ikibabaje kurushaho ni uko intambara iri hirya no hino muri Teritwari z’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru ituma abahunga biyongera.

Mu nkengero za Goma n’ahandi hari impunzi hamaze kugera impunzi 645 000, iyo ikaba imibare yo muri Nzeri, 2024.

Ikibazo gikomeye kindi izi mpunzi zifite ni uko nta bwiherero bupfundikirwa buhari kandi umubare w’ababukeneye ukaba mugari.

TAGGED:CongofeaturedImpunziMacinya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uburusiya Burashinja Ukraine Kuyirasaho Missiles Yahawe N’Amerika
Next Article Airtel Yatangije Murandasi Ya 4G Ikora Mu Rwanda Hose
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Bashyinguye Bundi Bushya Nyuma Y’Uko Imyuzure Ishenye Irimbi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?