Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Impunzi Z’i Goma Zugarijwe N’Indwara Ya Macinya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

DRC: Impunzi Z’i Goma Zugarijwe N’Indwara Ya Macinya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 November 2024 7:51 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuryango w’abaganga batagira umupaka bita Médecins Sans Frontières (MSF) uratabariza impunzi ziba mu nkambi z’i Goma ko zugarijwe n’indwara Abanyarwanda bita Macinyamyambi.

Kutagira amazi ahagije nibyo ntandaro yayo.

Iyo ndwara mu Cyongereza bita Cholera irangwa no guhitwa amaraso bigatuma abayirwaye batakaza amazi menshi ndetse igahitana bamwe mu bo biganjemo abana.

Abaganga bo muri MSF bavuga ko kugira ngo abugarijwe nayo batabarwe bisaba ko Leta n’abandi bagiraneza begereza abo baturage amazi n’imiti kandi ku kigero gihagije.

Kuba ababa muri ziriya nkambi badafite amazi ahagije bibashyira mu kaga ko kurya no kunywa umwanda ndetse bakanawuraramo.

Umuyobozi wa MSF muri Kivu y’Amajyaruguru witwa Natalie Torrent yabwiye Radio Okapi ko ubuzima bariya bantu babayemo buteye inkeke.

Ikibabaje kurushaho ni uko intambara iri hirya no hino muri Teritwari z’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru ituma abahunga biyongera.

Mu nkengero za Goma n’ahandi hari impunzi hamaze kugera impunzi 645 000, iyo ikaba imibare yo muri Nzeri, 2024.

Ikibazo gikomeye kindi izi mpunzi zifite ni uko nta bwiherero bupfundikirwa buhari kandi umubare w’ababukeneye ukaba mugari.

TAGGED:CongofeaturedImpunziMacinya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uburusiya Burashinja Ukraine Kuyirasaho Missiles Yahawe N’Amerika
Next Article Airtel Yatangije Murandasi Ya 4G Ikora Mu Rwanda Hose
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanyamakuru B’i Goma Baganiriye N’Ab’i Rubavu Ku Mikoranire

U Rwanda Rwatsinze Uganda Mu Mikino Ya Handball

Kuki Amasezerano Y’Amahoro Akunze Kudakurikizwa?

Dusigaye Twishakamo Ibisubizo Ku Bibazo By’Ubuvuzi – Jeannette Kagame 

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Impamvu Zitera Polisi Y’u Rwanda Kudatesha Agaciro Abaturage Ishinzwe

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

Perezida Trump Arashaka Manda Ya Gatatu Uko Byagenda Kose

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

40.1% By’Abatuye Kigali Batuye Mu Kajagari- Meya Dusengiyumva

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeUtuntu n'Utundi

Impyisi: Inyamaswa Y’Ingirakamaro Nubwo Yangwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?