Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Impunzi Z’i Goma Zugarijwe N’Indwara Ya Macinya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

DRC: Impunzi Z’i Goma Zugarijwe N’Indwara Ya Macinya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 November 2024 7:51 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuryango w’abaganga batagira umupaka bita Médecins Sans Frontières (MSF) uratabariza impunzi ziba mu nkambi z’i Goma ko zugarijwe n’indwara Abanyarwanda bita Macinyamyambi.

Kutagira amazi ahagije nibyo ntandaro yayo.

Iyo ndwara mu Cyongereza bita Cholera irangwa no guhitwa amaraso bigatuma abayirwaye batakaza amazi menshi ndetse igahitana bamwe mu bo biganjemo abana.

Abaganga bo muri MSF bavuga ko kugira ngo abugarijwe nayo batabarwe bisaba ko Leta n’abandi bagiraneza begereza abo baturage amazi n’imiti kandi ku kigero gihagije.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kuba ababa muri ziriya nkambi badafite amazi ahagije bibashyira mu kaga ko kurya no kunywa umwanda ndetse bakanawuraramo.

Umuyobozi wa MSF muri Kivu y’Amajyaruguru witwa Natalie Torrent yabwiye Radio Okapi ko ubuzima bariya bantu babayemo buteye inkeke.

Ikibabaje kurushaho ni uko intambara iri hirya no hino muri Teritwari z’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru ituma abahunga biyongera.

Mu nkengero za Goma n’ahandi hari impunzi hamaze kugera impunzi 645 000, iyo ikaba imibare yo muri Nzeri, 2024.

Ikibazo gikomeye kindi izi mpunzi zifite ni uko nta bwiherero bupfundikirwa buhari kandi umubare w’ababukeneye ukaba mugari.

- Advertisement -
TAGGED:CongofeaturedImpunziMacinya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uburusiya Burashinja Ukraine Kuyirasaho Missiles Yahawe N’Amerika
Next Article Airtel Yatangije Murandasi Ya 4G Ikora Mu Rwanda Hose
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?