Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Impunzi Z’i Goma Zugarijwe N’Indwara Ya Macinya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

DRC: Impunzi Z’i Goma Zugarijwe N’Indwara Ya Macinya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 November 2024 7:51 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuryango w’abaganga batagira umupaka bita Médecins Sans Frontières (MSF) uratabariza impunzi ziba mu nkambi z’i Goma ko zugarijwe n’indwara Abanyarwanda bita Macinyamyambi.

Kutagira amazi ahagije nibyo ntandaro yayo.

Iyo ndwara mu Cyongereza bita Cholera irangwa no guhitwa amaraso bigatuma abayirwaye batakaza amazi menshi ndetse igahitana bamwe mu bo biganjemo abana.

Abaganga bo muri MSF bavuga ko kugira ngo abugarijwe nayo batabarwe bisaba ko Leta n’abandi bagiraneza begereza abo baturage amazi n’imiti kandi ku kigero gihagije.

Kuba ababa muri ziriya nkambi badafite amazi ahagije bibashyira mu kaga ko kurya no kunywa umwanda ndetse bakanawuraramo.

Umuyobozi wa MSF muri Kivu y’Amajyaruguru witwa Natalie Torrent yabwiye Radio Okapi ko ubuzima bariya bantu babayemo buteye inkeke.

Ikibabaje kurushaho ni uko intambara iri hirya no hino muri Teritwari z’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru ituma abahunga biyongera.

Mu nkengero za Goma n’ahandi hari impunzi hamaze kugera impunzi 645 000, iyo ikaba imibare yo muri Nzeri, 2024.

Ikibazo gikomeye kindi izi mpunzi zifite ni uko nta bwiherero bupfundikirwa buhari kandi umubare w’ababukeneye ukaba mugari.

TAGGED:CongofeaturedImpunziMacinya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uburusiya Burashinja Ukraine Kuyirasaho Missiles Yahawe N’Amerika
Next Article Airtel Yatangije Murandasi Ya 4G Ikora Mu Rwanda Hose
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?