Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imvubu Zanduye COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Utuntu n'Utundi

Imvubu Zanduye COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 December 2021 5:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Hippopotamus (Hippopotamus amphibius) swimming, Botswana, Africa
SHARE

Mu Bubiligi hagaragaye imvubu ebyiri zanduye icyorezo COVID-19. Zapimiwe mu Bubiligi mu ishyamba karemano ryororewemo inyamaswa bita Zoo riri i Antwerp.

Ni ubwa mbere ku Isi hagaragaye ubwandu bw’icyorezo COVID-19 mu nyamaswa zo mu gasozi.

Imvubu zafashwe na kiriya cyorezo ni iyitwa Imani ifite imyaka 14 y’amavuko n’indi yitwa Hermien ifite imyaka 41 y’amavuko.

Ubuyobozi bwa ririya shyamba bwatangaje ko ziriya nyamaswa zashyizwe mu kato mu rwego rwo kwirinda ko ibintu byarushaho kuba bibi.

Umuganga w’inyamaswa ziba muri ririya shyamba witwa Francis Vercammen yabwiye Reuters ati: “ Ni ubwa mbere nabaho mbonye inyamaswa z’agasozi zanduye iyi ndwara. Ku isi aho twajyaga tubyumva ni mu binyamajanja.”

Ubusanzwe abahanga bavuga ko iriya Virusi yafashe abantu ivuye mu nyamaswa ariko nanone muri iki gihe bimaze kugaragara ko hari ubwo abantu bazanduza inyamaswa.

Izindi nyamaswa zavuzweho ubwandu bwa kiriya cyorezo ni ingwe, intare, ingagi n’impyisi.

Hagati aho ntibiramenyekana niba ubwoko Omicron ari bwo bwafashe ziriya mvubu.

TAGGED:BubiligiCOVID-19Imvubu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda ‘Rwongeye’ Gutwara Igikombe Cya Handball Mu Mukino Waberaga Muri Tanzania
Next Article COVID-19 ‘Nshya’ Imaze Kugera Mu Bihugu 38
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaUbumenyi N'UbuhangaUtuntu n'Utundi

Ubwongereza: Hahujwe Intanga Z’Abantu Batatu Havuka Abana Umunani

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Gukaraba Intoki Byongere Bigirwe Akamenyero Mu Banyarwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Inkuru ZihariyeMu Rwanda

Upfobya Jenoside Yakorewe Abatutsi Kuri X Yiyita Gitifu Sebatware Yamenyekanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

BDF Igiye Guha Imirenge SACCO Miliyari Frw 30

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?