Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imvubu Zanduye COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Utuntu n'Utundi

Imvubu Zanduye COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 December 2021 5:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Hippopotamus (Hippopotamus amphibius) swimming, Botswana, Africa
SHARE

Mu Bubiligi hagaragaye imvubu ebyiri zanduye icyorezo COVID-19. Zapimiwe mu Bubiligi mu ishyamba karemano ryororewemo inyamaswa bita Zoo riri i Antwerp.

Ni ubwa mbere ku Isi hagaragaye ubwandu bw’icyorezo COVID-19 mu nyamaswa zo mu gasozi.

Imvubu zafashwe na kiriya cyorezo ni iyitwa Imani ifite imyaka 14 y’amavuko n’indi yitwa Hermien ifite imyaka 41 y’amavuko.

Ubuyobozi bwa ririya shyamba bwatangaje ko ziriya nyamaswa zashyizwe mu kato mu rwego rwo kwirinda ko ibintu byarushaho kuba bibi.

Umuganga w’inyamaswa ziba muri ririya shyamba witwa Francis Vercammen yabwiye Reuters ati: “ Ni ubwa mbere nabaho mbonye inyamaswa z’agasozi zanduye iyi ndwara. Ku isi aho twajyaga tubyumva ni mu binyamajanja.”

Ubusanzwe abahanga bavuga ko iriya Virusi yafashe abantu ivuye mu nyamaswa ariko nanone muri iki gihe bimaze kugaragara ko hari ubwo abantu bazanduza inyamaswa.

Izindi nyamaswa zavuzweho ubwandu bwa kiriya cyorezo ni ingwe, intare, ingagi n’impyisi.

Hagati aho ntibiramenyekana niba ubwoko Omicron ari bwo bwafashe ziriya mvubu.

TAGGED:BubiligiCOVID-19Imvubu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda ‘Rwongeye’ Gutwara Igikombe Cya Handball Mu Mukino Waberaga Muri Tanzania
Next Article COVID-19 ‘Nshya’ Imaze Kugera Mu Bihugu 38
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: 34% By’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Nibo Bateganyirizwa N’Abakoresha

Abatahutse Bava DRC Batangajwe N’Uko Basanze U Rwanda Rusa

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

Nyanza: Nyiri Akabari Akurikiranyweho Guta Umukecuru Mu Bwiherero

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzima

Kagame Yaganiriye N’Abayobora Ikigo Nyafurika Cy’Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbumenyi N'UbuhangaUtuntu n'Utundi

Ubwongereza: Hahujwe Intanga Z’Abantu Batatu Havuka Abana Umunani

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Gukaraba Intoki Byongere Bigirwe Akamenyero Mu Banyarwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Inkuru ZihariyeMu Rwanda

Upfobya Jenoside Yakorewe Abatutsi Kuri X Yiyita Gitifu Sebatware Yamenyekanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?