Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imvubu Zanduye COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Utuntu n'Utundi

Imvubu Zanduye COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 December 2021 5:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Hippopotamus (Hippopotamus amphibius) swimming, Botswana, Africa
SHARE

Mu Bubiligi hagaragaye imvubu ebyiri zanduye icyorezo COVID-19. Zapimiwe mu Bubiligi mu ishyamba karemano ryororewemo inyamaswa bita Zoo riri i Antwerp.

Ni ubwa mbere ku Isi hagaragaye ubwandu bw’icyorezo COVID-19 mu nyamaswa zo mu gasozi.

Imvubu zafashwe na kiriya cyorezo ni iyitwa Imani ifite imyaka 14 y’amavuko n’indi yitwa Hermien ifite imyaka 41 y’amavuko.

Ubuyobozi bwa ririya shyamba bwatangaje ko ziriya nyamaswa zashyizwe mu kato mu rwego rwo kwirinda ko ibintu byarushaho kuba bibi.

Umuganga w’inyamaswa ziba muri ririya shyamba witwa Francis Vercammen yabwiye Reuters ati: “ Ni ubwa mbere nabaho mbonye inyamaswa z’agasozi zanduye iyi ndwara. Ku isi aho twajyaga tubyumva ni mu binyamajanja.”

Ubusanzwe abahanga bavuga ko iriya Virusi yafashe abantu ivuye mu nyamaswa ariko nanone muri iki gihe bimaze kugaragara ko hari ubwo abantu bazanduza inyamaswa.

Izindi nyamaswa zavuzweho ubwandu bwa kiriya cyorezo ni ingwe, intare, ingagi n’impyisi.

Hagati aho ntibiramenyekana niba ubwoko Omicron ari bwo bwafashe ziriya mvubu.

TAGGED:BubiligiCOVID-19Imvubu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda ‘Rwongeye’ Gutwara Igikombe Cya Handball Mu Mukino Waberaga Muri Tanzania
Next Article COVID-19 ‘Nshya’ Imaze Kugera Mu Bihugu 38
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Thailand Ipfa Iki Na Cambodia?

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kigali: Yadukiriye Imodoka Ziparitse Mu Mujyi Azimena Ibirahure Atarobanura

Rwanda: Undi Mupolisi Yishwe N’Umuntu Wamugonze

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

Ibitabo Umuntu Yandika Ni Umutungo We Bwite Ashobora No Gutanga- Prof Nzeyimana Wigisha Filozofiya

M23 Ivuga Ko Yakuye Abarwanyi Bayo Muri Uvira, Leta Ya Kinshasa Iti: ‘Murabeshya!’

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Umukobwa Wo Mu Ruhango Bamusanze Mu Cyumba Cy’Umusore Yapfuye

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzima

Kagame Yaganiriye N’Abayobora Ikigo Nyafurika Cy’Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbumenyi N'UbuhangaUtuntu n'Utundi

Ubwongereza: Hahujwe Intanga Z’Abantu Batatu Havuka Abana Umunani

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Gukaraba Intoki Byongere Bigirwe Akamenyero Mu Banyarwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Inkuru ZihariyeMu Rwanda

Upfobya Jenoside Yakorewe Abatutsi Kuri X Yiyita Gitifu Sebatware Yamenyekanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?