Umunyarwanda witwa Yves-Marie Umuhire wari waraburiwe irengero aho yabaga mu Bubiligi bamusanze yapfuye. Hatangiye iperereza ku rupfu rwe. Ku Cyumweru taliki 25, Ukuboza, 2022 ababanaga nawe...
Abagenzacyaha bo muri Polisi y’u Bubiligi bari mu iperereza rimaze gufatirwamo abantu barimo n’uwahoze ari Visi Perezida w’Inteko ishinga amategeko y’Ubumwe bw’u Burayi ukurikiranyweho kwakira ruswa...
Umwaka wa 2022 ni umwaka uvuze byinshi ku mubano w’ejo hazaza hagati ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’u Bubiligi. Niwo mwaka umwami w’u Bubiligi yasuye...
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda wungirije ushinzwe imiyoborere n’abakozi, DIGP, Jeanne Chantal Ujeneza yaraye asabye urubyiruko rw’Abanyarwanda ruba hanze yarwo kuzaza rukajya muri Polisi rugatanga umusanzu...
Urukiko rw’Ubujurire muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwaraye rugize umwere Vital Kamerhé wigezwe kuba Umuyobozi w’Ibiro bya Perezida Félix Antoine Tshisekedi. Yari amaze igihe gito...